•     

"Ntabwo waba uhembwa Miliyoni 5 hanyuma ngo umbuze kujya guhahira urugo kandi utampemba, Rev Karangwa asubiza isae "

Uwahoze ari Umuvugizi wa ADEPR w'ungirije Rev Karangwa John, yatangarije ikinyamakuru Rubanda ko Pasiteri Ndayizeye isae uhembwa Miliyoni 5 adakwiriye ku mubuza kujya guhahira urugo rwe.

"Ntabwo waba uhembwa Miliyoni 5 hanyuma ngo umbuze kujya guhahira urugo kandi utampemba, Rev Karangwa  asubiza  isae "
Rev Karangwa John yasubije Ndayizeye isae ko adakwiriye ku mububuza kujya guhahira urugo rwe mugihe atamuhemba.

Ibi Rev Karangwa John,  abitangaje hakiyeho amasaha make asubije ibaruwa yandikiwe na Pasiteri Ndayizeye isae amumenyesha ko ntabubasha afite bwo ku mwambura inshingano za gishumba kuko atariwe wazimuhaye, ahita anamusaba ko ya kwegura cyangwa inzego zibifite mu nshingano harimo na RGB akaba arizo zimweguza.

Nyuma yaho ikinyamakuru Rubanda kibonye iyo baruwa yasabiraga Pasiteri Ndayizeye isae kwegura, twashatse kumenya icyatumye Rev Karangwa John asubiza Pasiteri Isae ibaruwa imusaba kwegura.

Rev Karangwa John yamenyesheje Pasiteri Ndayizeye isae ko atari umukozi we kuko atamuhemba.

Umunyamakuru yabagije Rev Karangwa John impamvu yasabiye Pasiteri Ndayizeye isae kwegura maze Rev Karangwa avuga ko impamvu amusaba kwegura nuko icyo bari biteze kuri Ndayizeye ataricyo ba musanzemo.

Rev Karangwa yagize ati" Impamvu nasabiye Pasiteri ndayizeye ko yakwegura, niko icyo twari tumwitezeho ubwo yajyaga ku buyobozi ataricyo twamusanzemo, kuko nange ubwange akimara gutorwa numvaga mwizeye nkumva ko aje kunga abanyetorero bari bafite ibibazo bitandukanye ariko siko byagenze, ahubwo yazanye umwiryane mwitorero  ari nabyo byatumye habaho bamwe bashoye itorero mu manza. Kubwibyo rero nasanze atakikwiriye kuyobora itororo ahubwo akwiye kwegura bya kwanga akeguzwa".

Umunyamakuru yabagije Rev Karangwa John  impamvu yagiye Uganda adasabye uruhushya Pasiteri Ndayizeye,  maze asubiza ko atari  umukozi we bityo ko atakwiye ku banza kumusaba uburenganzira bwaho agiye.

Ati" Umuntu uhembwa Miliyoni 5 nigute yambuza kujya guhahira urugo rwange kandi atampemba, ikindi n'uruhe rwego rwamuhaye inshingano z'abinjira n'abasohoka mu gihugu ko atari Migration".

Mu gusoza ikiganiro Rev  Karangwa yasabye ko Ndayizeye isae yereka gukomeza amusebya no ku mutesha agaciro hamwe no ku mutoteza.

Bagabo John

"Ntabwo waba uhembwa Miliyoni 5 hanyuma ngo umbuze kujya guhahira urugo kandi utampemba, Rev Karangwa asubiza isae "

"Ntabwo waba uhembwa Miliyoni 5 hanyuma ngo umbuze kujya guhahira urugo kandi utampemba, Rev Karangwa  asubiza  isae "
Rev Karangwa John yasubije Ndayizeye isae ko adakwiriye ku mububuza kujya guhahira urugo rwe mugihe atamuhemba.

Uwahoze ari Umuvugizi wa ADEPR w'ungirije Rev Karangwa John, yatangarije ikinyamakuru Rubanda ko Pasiteri Ndayizeye isae uhembwa Miliyoni 5 adakwiriye ku mubuza kujya guhahira urugo rwe.

Ibi Rev Karangwa John,  abitangaje hakiyeho amasaha make asubije ibaruwa yandikiwe na Pasiteri Ndayizeye isae amumenyesha ko ntabubasha afite bwo ku mwambura inshingano za gishumba kuko atariwe wazimuhaye, ahita anamusaba ko ya kwegura cyangwa inzego zibifite mu nshingano harimo na RGB akaba arizo zimweguza.

Nyuma yaho ikinyamakuru Rubanda kibonye iyo baruwa yasabiraga Pasiteri Ndayizeye isae kwegura, twashatse kumenya icyatumye Rev Karangwa John asubiza Pasiteri Isae ibaruwa imusaba kwegura.

Rev Karangwa John yamenyesheje Pasiteri Ndayizeye isae ko atari umukozi we kuko atamuhemba.

Umunyamakuru yabagije Rev Karangwa John impamvu yasabiye Pasiteri Ndayizeye isae kwegura maze Rev Karangwa avuga ko impamvu amusaba kwegura nuko icyo bari biteze kuri Ndayizeye ataricyo ba musanzemo.

Rev Karangwa yagize ati" Impamvu nasabiye Pasiteri ndayizeye ko yakwegura, niko icyo twari tumwitezeho ubwo yajyaga ku buyobozi ataricyo twamusanzemo, kuko nange ubwange akimara gutorwa numvaga mwizeye nkumva ko aje kunga abanyetorero bari bafite ibibazo bitandukanye ariko siko byagenze, ahubwo yazanye umwiryane mwitorero  ari nabyo byatumye habaho bamwe bashoye itorero mu manza. Kubwibyo rero nasanze atakikwiriye kuyobora itororo ahubwo akwiye kwegura bya kwanga akeguzwa".

Umunyamakuru yabagije Rev Karangwa John  impamvu yagiye Uganda adasabye uruhushya Pasiteri Ndayizeye,  maze asubiza ko atari  umukozi we bityo ko atakwiye ku banza kumusaba uburenganzira bwaho agiye.

Ati" Umuntu uhembwa Miliyoni 5 nigute yambuza kujya guhahira urugo rwange kandi atampemba, ikindi n'uruhe rwego rwamuhaye inshingano z'abinjira n'abasohoka mu gihugu ko atari Migration".

Mu gusoza ikiganiro Rev  Karangwa yasabye ko Ndayizeye isae yereka gukomeza amusebya no ku mutesha agaciro hamwe no ku mutoteza.

Bagabo John