•     

Polisi yatanze igihe ntarengwa ku binyabiziga birengeje amezi atatu byarafatiriwe

Itangazo ryaturutse mu biro by'umuvugizi wa Polisi rivuga ko abantu bose bafite ibinyabiziga byafatiriwe kubera amakosa atandukanye yo mu muhanda ibyo binyabiziga bika birengeje amezi atatu, banyirabyo bakwihutira kugera ku kicaro gikuru cya Polisi ku Kaciru kugirango baganire uburyo ba bisubizwa.

Polisi yatanze igihe ntarengwa ku binyabiziga   birengeje amezi atatu byarafatiriwe
Polisi yatanze igihe ntarengwa ku binyabiziga birengeje amezi atatu byarafatiriwe

Iryo tangazo rikomeza rivuga ko kugera ahasanzwe haparikwa ibinyabiziga bya fatiriwe ku Kaciru, bizatangira tariki ya 22 Mata 2024  kugeza tariki ya 4 Gicurasi 2024 kuva saa mbiri za mu gitondo (8H00) kugeza saa kumi n'igice z'umugoroba (16H30)

Aya Mafoto ikinyamakuru Rubanda.rw ki fashishije mu nkuru nayo mu bubiko

Nyuma y'icyo gihe abatazubahiriza iyi gahunda, ibinyabiziga byabo bizatezwa cyamunara nk'uko amategeko abiteganya.

Bagabo John

Polisi yatanze igihe ntarengwa ku binyabiziga birengeje amezi atatu byarafatiriwe

Polisi yatanze igihe ntarengwa ku binyabiziga   birengeje amezi atatu byarafatiriwe
Polisi yatanze igihe ntarengwa ku binyabiziga birengeje amezi atatu byarafatiriwe

Itangazo ryaturutse mu biro by'umuvugizi wa Polisi rivuga ko abantu bose bafite ibinyabiziga byafatiriwe kubera amakosa atandukanye yo mu muhanda ibyo binyabiziga bika birengeje amezi atatu, banyirabyo bakwihutira kugera ku kicaro gikuru cya Polisi ku Kaciru kugirango baganire uburyo ba bisubizwa.

Iryo tangazo rikomeza rivuga ko kugera ahasanzwe haparikwa ibinyabiziga bya fatiriwe ku Kaciru, bizatangira tariki ya 22 Mata 2024  kugeza tariki ya 4 Gicurasi 2024 kuva saa mbiri za mu gitondo (8H00) kugeza saa kumi n'igice z'umugoroba (16H30)

Aya Mafoto ikinyamakuru Rubanda.rw ki fashishije mu nkuru nayo mu bubiko

Nyuma y'icyo gihe abatazubahiriza iyi gahunda, ibinyabiziga byabo bizatezwa cyamunara nk'uko amategeko abiteganya.

Bagabo John