•     

Ruswa n'Amarozi nibyo byatumye Perezida Kagame azinukwa kujya kureba Ruhago

Ubwo hasozwaga Inama y'iminsi ibiri y’Umushyikirano, kuri uyu wa Gatatu, tariki 24 Mutarama 2024, Perezida Kagame yavuze ko Amarozi na Ruswa aribyo byatumye azinukwa kongera kureba umupira w'u Rwanda.

Ruswa n'Amarozi nibyo byatumye Perezida Kagame azinukwa kujya kureba Ruhago
Umukuru w'igihugu yavuze ko Amarozi na Ruswa bivugwa muri Ruhango y'u Rwanda aribyo byatumye atongera ku garuka kuri Stade

Ubwo yasubizaga ikiazo cya Jimmy Mulisa wakiniye Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ wari umusabye gusubira kuri stade.

Jimmy yagize ati" Ndabyibuka kera hari ukuntu wazaga kudufana. Ngira ngo muheruka kumva Amavubi ejo bundi dutsinda Afurika y’Epfo, tugiye no kujya muri stade nziza, turagusaba ko wakongera ukagaruka."

Jimmy Murisa yasabye Umukuru w'igihugu kongera ku garuka kuri Stade

Perezida Kagame asubiza iki kibazo yagize Ati" Ndabyumva hari ibyo bansaba ariko nanjye hari ibyo mbasaba. Icyatumye ngabanya kujyayo nibo byaturutseho kuko hari ibyo wabonaga badahindura imico. Ni ibintu bigenda bikajyamo ruswa n’amarozi. Ibintu nk’ibyo njye ntabwo nabijyamo.”

Perezida Kagame  yakomeje avuga ko ikindi kibazo kigaragara muri ruhango ari uko buri mu kinyi wese yahindutse Umutoza  ibyo bika bikiri ikibazo kandi bikaba bikiriho

Umukuru w'igihugu yasoje asaba Minisiteri ya Siporo gushyira imikino ku murongo, bityo ko ni bigenda neza azasubira ku kibuga.

Bagabo John

Ruswa n'Amarozi nibyo byatumye Perezida Kagame azinukwa kujya kureba Ruhago

Ruswa n'Amarozi nibyo byatumye Perezida Kagame azinukwa kujya kureba Ruhago
Umukuru w'igihugu yavuze ko Amarozi na Ruswa bivugwa muri Ruhango y'u Rwanda aribyo byatumye atongera ku garuka kuri Stade

Ubwo hasozwaga Inama y'iminsi ibiri y’Umushyikirano, kuri uyu wa Gatatu, tariki 24 Mutarama 2024, Perezida Kagame yavuze ko Amarozi na Ruswa aribyo byatumye azinukwa kongera kureba umupira w'u Rwanda.

Ubwo yasubizaga ikiazo cya Jimmy Mulisa wakiniye Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ wari umusabye gusubira kuri stade.

Jimmy yagize ati" Ndabyibuka kera hari ukuntu wazaga kudufana. Ngira ngo muheruka kumva Amavubi ejo bundi dutsinda Afurika y’Epfo, tugiye no kujya muri stade nziza, turagusaba ko wakongera ukagaruka."

Jimmy Murisa yasabye Umukuru w'igihugu kongera ku garuka kuri Stade

Perezida Kagame asubiza iki kibazo yagize Ati" Ndabyumva hari ibyo bansaba ariko nanjye hari ibyo mbasaba. Icyatumye ngabanya kujyayo nibo byaturutseho kuko hari ibyo wabonaga badahindura imico. Ni ibintu bigenda bikajyamo ruswa n’amarozi. Ibintu nk’ibyo njye ntabwo nabijyamo.”

Perezida Kagame  yakomeje avuga ko ikindi kibazo kigaragara muri ruhango ari uko buri mu kinyi wese yahindutse Umutoza  ibyo bika bikiri ikibazo kandi bikaba bikiriho

Umukuru w'igihugu yasoje asaba Minisiteri ya Siporo gushyira imikino ku murongo, bityo ko ni bigenda neza azasubira ku kibuga.

Bagabo John