•     

Tanzania: Ikibumbano cya Nyerere gikomeje kwa maganwa

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga muri Tanzania, bakomeje kwamagana ikibumbano cya Nyakwigendera Mwalimu Julias Kambarage Nyerere wabaye Perezida wambere ubwo Tanzania yari imaze kubona ubwigenge, aho bavuze ko icyo ikibumbano kidasa nawe.

Tanzania: Ikibumbano cya Nyerere gikomeje kwa maganwa
Ikibumbano cya Nyerere gikomejwe kwa maganwa

Iki kibumbano cya muritswe ku mu garagaro ku cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2024 ku kicaro gikuru cy'umuryango w'Afirika muri Ethiopia mu murwa mukuru Addis Ababa.

Nyuma yaho icyo kibumbano kimaze ku jya ahagarara,  hari bamwe mu batanzaniya bakoresha imbuga nkoranyambaga bahise batangira kwamagana icyo kibumbano bavuga ko kitari mu ishusho ya Nyerere nkuko bigaragara.

Umwe mubakoresha X yahoze yitwa Twitter witwa Maria Sarungi yagize ati" ndabizi ikimenyetso n'ingenzi ariko ishusho y'iki kibumbano ntabwo ari ishusho ya Nyerere haba akiri umusore ndetse ari n'umusaza".

Undi yagize ati" Uwo ntabwo ari Nyerere wacu".

Umwaka ushyize muri Zambia abaturage bamaganye ikibumbano cya Kenneth Kaunda wabaye Perezida wambere w'icyo gihugu bavuga ko icyo kibumbano kidasa nawe, maze nyuma yibyumweru bibiri icyo kibumbano cyahise gikurwaho.

Bagabo John

Tanzania: Ikibumbano cya Nyerere gikomeje kwa maganwa

Tanzania: Ikibumbano cya Nyerere gikomeje kwa maganwa
Ikibumbano cya Nyerere gikomejwe kwa maganwa

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga muri Tanzania, bakomeje kwamagana ikibumbano cya Nyakwigendera Mwalimu Julias Kambarage Nyerere wabaye Perezida wambere ubwo Tanzania yari imaze kubona ubwigenge, aho bavuze ko icyo ikibumbano kidasa nawe.

Iki kibumbano cya muritswe ku mu garagaro ku cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2024 ku kicaro gikuru cy'umuryango w'Afirika muri Ethiopia mu murwa mukuru Addis Ababa.

Nyuma yaho icyo kibumbano kimaze ku jya ahagarara,  hari bamwe mu batanzaniya bakoresha imbuga nkoranyambaga bahise batangira kwamagana icyo kibumbano bavuga ko kitari mu ishusho ya Nyerere nkuko bigaragara.

Umwe mubakoresha X yahoze yitwa Twitter witwa Maria Sarungi yagize ati" ndabizi ikimenyetso n'ingenzi ariko ishusho y'iki kibumbano ntabwo ari ishusho ya Nyerere haba akiri umusore ndetse ari n'umusaza".

Undi yagize ati" Uwo ntabwo ari Nyerere wacu".

Umwaka ushyize muri Zambia abaturage bamaganye ikibumbano cya Kenneth Kaunda wabaye Perezida wambere w'icyo gihugu bavuga ko icyo kibumbano kidasa nawe, maze nyuma yibyumweru bibiri icyo kibumbano cyahise gikurwaho.

Bagabo John