•     

Umugore yishe umugabo nyuma yaho uwo mugabo ageze murugo agahita ajya muri Douche ako kanya

Umugore yishe umugabo we amukubise ikintu mu mutwe ahita yitaba Imana, nyuma yaho umugabo we aje yagera mu rugo agahita yirukira mu ri Douche agiye koga.

Umugore yishe umugabo nyuma yaho uwo mugabo ageze murugo agahita ajya muri Douche ako kanya
Umugore yishe umugabo we nyuma yaho ageze murugo agahitira muri Douche koga

Uyu mugore utaramenyekana umwirondoro we utuye muri muri Musoma  ahitwa Butiama muri Tanzania,  yishe umugabo we nyuma yaho ngo ageze murugo agahita yihutira kujya koga ako kanya.

Gusa amakuru avuga ko uyu mugore yaba yacyetse ko umugabo we avuye gusambana akaba ariyo mpamvu yahise ahagera agahita ajya muri Douche koga.

Uyu mugore aracyashakishwa uruhindu na Polisi kugirango aryozwe ubwicanyi yakoreye umugabo we.

Bagabo John

Umugore yishe umugabo nyuma yaho uwo mugabo ageze murugo agahita ajya muri Douche ako kanya

Umugore yishe umugabo nyuma yaho uwo mugabo ageze murugo agahita ajya muri Douche ako kanya
Umugore yishe umugabo we nyuma yaho ageze murugo agahitira muri Douche koga

Umugore yishe umugabo we amukubise ikintu mu mutwe ahita yitaba Imana, nyuma yaho umugabo we aje yagera mu rugo agahita yirukira mu ri Douche agiye koga.

Uyu mugore utaramenyekana umwirondoro we utuye muri muri Musoma  ahitwa Butiama muri Tanzania,  yishe umugabo we nyuma yaho ngo ageze murugo agahita yihutira kujya koga ako kanya.

Gusa amakuru avuga ko uyu mugore yaba yacyetse ko umugabo we avuye gusambana akaba ariyo mpamvu yahise ahagera agahita ajya muri Douche koga.

Uyu mugore aracyashakishwa uruhindu na Polisi kugirango aryozwe ubwicanyi yakoreye umugabo we.

Bagabo John