•     

Umwalimu yapfushije abanyeshuri 32 bose yigishaga

Muri Morocco umwalimu yatunguwe no kujya ku ishuri yahagera agasanga abanyeshuli 32 bose yigishaga bitabye Imana bazize umutingito.

Umwalimu yapfushije abanyeshuri 32 bose yigishaga
Mwalimu yasanze abanyeshuri 32 bose bitabye Imana.

Umwalimu witwa Nesreen Abu ElFadel,  wigishaga  Icyarabu n'Igifaransa mugace kahitwa Marrakesh, yavuze uburyo yashenguwe bikomeye ubwo yajyaga ku ishuri agasanga abanyeshuri be 32 bose bitabye Imana bagwiriwe n'ishuri bigiragamo

Yagize ati" nageze mu gace kabereyemo umutingito maze ntangira kubaza  amwe mu mazina y'abanyeshiri nigishaka nsanga bose uko ari 32 bitabye Imana bagwiriwe n'inyubako  y'ishuri kubera umutingito. "

Tariki ya 8 Nzeri  muri 2023 nibwo muri Marrocco yahabaye ukutingito ukomeye aho  wahitanye abantu basaga ibihumbi 3000 ndetse abandi ibihumbi baburiwe irengero.

Bagabo John

Umwalimu yapfushije abanyeshuri 32 bose yigishaga

Umwalimu yapfushije abanyeshuri 32 bose yigishaga
Mwalimu yasanze abanyeshuri 32 bose bitabye Imana.

Muri Morocco umwalimu yatunguwe no kujya ku ishuri yahagera agasanga abanyeshuli 32 bose yigishaga bitabye Imana bazize umutingito.

Umwalimu witwa Nesreen Abu ElFadel,  wigishaga  Icyarabu n'Igifaransa mugace kahitwa Marrakesh, yavuze uburyo yashenguwe bikomeye ubwo yajyaga ku ishuri agasanga abanyeshuri be 32 bose bitabye Imana bagwiriwe n'ishuri bigiragamo

Yagize ati" nageze mu gace kabereyemo umutingito maze ntangira kubaza  amwe mu mazina y'abanyeshiri nigishaka nsanga bose uko ari 32 bitabye Imana bagwiriwe n'inyubako  y'ishuri kubera umutingito. "

Tariki ya 8 Nzeri  muri 2023 nibwo muri Marrocco yahabaye ukutingito ukomeye aho  wahitanye abantu basaga ibihumbi 3000 ndetse abandi ibihumbi baburiwe irengero.

Bagabo John