•     

Umwana w’imyaka 13 yitabye Imana nyuma yo gukomeretswa n’inkoko mu buryo butunguranye

Umwana witwa Josiah Mwambene, w’imyaka 13 wo mu mudugudu wa Majengo, mu karere ka Mbozi, Intara ya Songwe muri Tanzania, yapfuye mu buryo budasanzwe nyuma yo gukomeretaswa n’inkoko mu gahanga.

Umwana w’imyaka 13  yitabye Imana nyuma yo gukomeretswa n’inkoko mu buryo butunguranye
Umwana wakomerekejwe n'inkoko byarangiye yitabye Imana

Amakuru atangazwa n’inzego z'ubuyobozi avuga ko uyu mwana wari urangije mu mwaka wa karindwi mu mashuri abanza,  yakomerekejwe n'inkoko mu gahanga
Nyuma yo gukomereka, yahise ajyanwa kwa muganga ariko  abaganga babura indwara maze bahitamo ku mujyana mu banyamasengesho ariko nabyo biranga  yitaba  Imana. 

Abaturage bahise babihuza n'amarozi aho batiyumvisha uburyo inkoko yashonda umuntu bikamuviramo urupfu.

Bagabo John

Umwana w’imyaka 13 yitabye Imana nyuma yo gukomeretswa n’inkoko mu buryo butunguranye

Umwana w’imyaka 13  yitabye Imana nyuma yo gukomeretswa n’inkoko mu buryo butunguranye
Umwana wakomerekejwe n'inkoko byarangiye yitabye Imana

Umwana witwa Josiah Mwambene, w’imyaka 13 wo mu mudugudu wa Majengo, mu karere ka Mbozi, Intara ya Songwe muri Tanzania, yapfuye mu buryo budasanzwe nyuma yo gukomeretaswa n’inkoko mu gahanga.

Amakuru atangazwa n’inzego z'ubuyobozi avuga ko uyu mwana wari urangije mu mwaka wa karindwi mu mashuri abanza,  yakomerekejwe n'inkoko mu gahanga
Nyuma yo gukomereka, yahise ajyanwa kwa muganga ariko  abaganga babura indwara maze bahitamo ku mujyana mu banyamasengesho ariko nabyo biranga  yitaba  Imana. 

Abaturage bahise babihuza n'amarozi aho batiyumvisha uburyo inkoko yashonda umuntu bikamuviramo urupfu.

Bagabo John