•     

Abacungagereza barashinjwa gucuruza urumogi mu bagorowa

Intumwa ya Rubanda ihagarariye agace ka Maragua Mary Wamaua muri Kenya, yavuze ko azi abacungagereza bacuruza urumogi mu mu bagorowa muri rigereza ya Maranjau.

Abacungagereza barashinjwa gucuruza urumogi mu bagorowa
Depite yagaragaje ko hari abacungagereza bacuruza urumogi

Iyi ntumwa ya Rubanda yabitangarije mu inama y'umutekano yabaye kuri uyu wa kane tariki ya 21 Ukuboza 2023 ahitwa Kahuho.

Mary yagize ati" hari abacungagereza bane babana bakodesheje inzu  bakoreramo ubucuruzi bw'urumogi aho bafite Moto eshatu zirutunda zirukura mu bice bitandukanye hanyuma bakajya kurugurishiriza abagororwa muri Gereza".

Mery yakomeje agira ati" Niba bariya bantu aribo twahawe ngo badufashe gufata no gufunga abishe amategeko, none nibo bayica banywa urumogi ndetse bakanarucuruza  ubwo abantu bacu bameze bate".?

Uyu Mery yavuze ko mugihe abo bacunga gereza batakurikiranwa yiteguye kujya kubibwira ubuyobozi bukuru bushinzwe Amagereza.

Bagabo John

Abacungagereza barashinjwa gucuruza urumogi mu bagorowa

Abacungagereza barashinjwa gucuruza urumogi mu bagorowa
Depite yagaragaje ko hari abacungagereza bacuruza urumogi

Intumwa ya Rubanda ihagarariye agace ka Maragua Mary Wamaua muri Kenya, yavuze ko azi abacungagereza bacuruza urumogi mu mu bagorowa muri rigereza ya Maranjau.

Iyi ntumwa ya Rubanda yabitangarije mu inama y'umutekano yabaye kuri uyu wa kane tariki ya 21 Ukuboza 2023 ahitwa Kahuho.

Mary yagize ati" hari abacungagereza bane babana bakodesheje inzu  bakoreramo ubucuruzi bw'urumogi aho bafite Moto eshatu zirutunda zirukura mu bice bitandukanye hanyuma bakajya kurugurishiriza abagororwa muri Gereza".

Mery yakomeje agira ati" Niba bariya bantu aribo twahawe ngo badufashe gufata no gufunga abishe amategeko, none nibo bayica banywa urumogi ndetse bakanarucuruza  ubwo abantu bacu bameze bate".?

Uyu Mery yavuze ko mugihe abo bacunga gereza batakurikiranwa yiteguye kujya kubibwira ubuyobozi bukuru bushinzwe Amagereza.

Bagabo John