Abageni muri Kenya, bashyizeho ibisabwa kugirango basurwe haba kuruhande rw'ababyeyi b'Umukobwa cyangwa Umuhungu, n'inshuti muri rusange
Icyafashwe nk'igitangaza ni amabwiriza yashyizweho n'abageni nyuma yo gukora ubukwe
Abo bageni bavuze ko kugirango imiryango yabo ibasure haba kwa Sebukwe chyangwa kwa Nyirabukwe bagomba kubanza ku bavugisha kuri Telephone
Uretse kubanza kubavugisha kuri Telephone harimo no kubabwira igihe bazamara kuko ngo nta muntu uzabasura uzemererwa ku mara iminsi irenze ibiri mu rugo rwabo.
Mu kiganiro bahaye kimwe mu binyamakuru byo muri Kenya, bavuze ko impamvu bashyizeho ayo mabwiriza aruko basanze hari zimwe mu ingo zisenyuka zitamaze kabiri bitewe na bamwe mu bo miryango baza kubasura ugasanga bahamaze igihe kinini.

Mu bindi kandi basobanuye ngo nuko iyo haje abashyitsi bibasaba guhindura ingenga bihe y'urugo kuko ngo usanga bategura amafunguro batari bateguye uwo munsi.
Basoje bavuga ko bubaha ababyeyi babo ndetse n'inshunti zabo ariko nanone kurundi ruhande ngo bagomba kubahiriza ayo mabwiriza.
Nuko hahise iminsi, mu isarura ry'ingano Samusoni ajya gusura umugore we amuzaniye umwana w'ihene yibwiye ko asanga umugore we ku murere, ariko sebukwe ntiyamukundira ko ajyayo.
(Abacamanza 15:1)
Bagabo John
