•     

Indaya yahaye abagabo ubunani ibemerera kuryamana nayo ntibayishyure

Indaya yateye akavuyo mu mugi nyuma yokwemerera abagabo Bose babishaka kuryamana nayo ku buntu mu rwego rwo kwizihiza umwaka mushya wa 2024.

Indaya yahaye abagabo ubunani ibemerera kuryamana nayo ntibayishyure
Bamwe mu bakora umwuga w'uburaya mu buyapani bahagarara ku mihanda ngo abakiriya batoranye

Mu gihugu cy'ubuyapani mu mugi witwa Hakodate   Nkuko ikinyamakuru japantimes kibitangaza, ubwo binjiraga mu mwaka mushya wa 2024, umwe mu bakora umwuga w'uburaya muri iki gihugu yamenyesheje abakiriya be ko baza akabahera Ubuntu bishimira umwaka mushya wa 2024 nk'ishimwe ry'uko bamubereye abakiriya beza 2023.

Ubu bwasisi bwatumye abagabo benshi batonda umurongo iwe ariko inzego z'umutekano zirahagoboka.

Ubusanzwe uburaya cyangwa gukora imibonano mpuzabitsina ku mafaranga birahanirwa mu gihugu cy'ubuyapani gusa ubundi bwoko bwose bw'imibonano mpuzabitsina buremewe harimo kuba wakwishimana n'undi muntu, Havocscope umuryango ugaragaza ubucuruzi bitemewe ku isi [organisation of Grobal black market] watangaje ko nubwo kwicuruza bitemewe ariko byinshiriza iki gihugu asaga miliyari 24 z'amadolari ku mwaka.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016

Indaya yahaye abagabo ubunani ibemerera kuryamana nayo ntibayishyure

Indaya yahaye abagabo ubunani ibemerera kuryamana nayo ntibayishyure
Bamwe mu bakora umwuga w'uburaya mu buyapani bahagarara ku mihanda ngo abakiriya batoranye

Indaya yateye akavuyo mu mugi nyuma yokwemerera abagabo Bose babishaka kuryamana nayo ku buntu mu rwego rwo kwizihiza umwaka mushya wa 2024.

Mu gihugu cy'ubuyapani mu mugi witwa Hakodate   Nkuko ikinyamakuru japantimes kibitangaza, ubwo binjiraga mu mwaka mushya wa 2024, umwe mu bakora umwuga w'uburaya muri iki gihugu yamenyesheje abakiriya be ko baza akabahera Ubuntu bishimira umwaka mushya wa 2024 nk'ishimwe ry'uko bamubereye abakiriya beza 2023.

Ubu bwasisi bwatumye abagabo benshi batonda umurongo iwe ariko inzego z'umutekano zirahagoboka.

Ubusanzwe uburaya cyangwa gukora imibonano mpuzabitsina ku mafaranga birahanirwa mu gihugu cy'ubuyapani gusa ubundi bwoko bwose bw'imibonano mpuzabitsina buremewe harimo kuba wakwishimana n'undi muntu, Havocscope umuryango ugaragaza ubucuruzi bitemewe ku isi [organisation of Grobal black market] watangaje ko nubwo kwicuruza bitemewe ariko byinshiriza iki gihugu asaga miliyari 24 z'amadolari ku mwaka.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016