•     

Mayor agiye kwirukana abanyamakuru bandika ibitagenda mu karere ke

Abanyamakuru bo mu karere ka Kahama mu Ntara ya Shinyanga muri Tanzania barishinganisha nyuma yaho umuyobozi w'Akarere avuze ko inkuru bandika zanduza akarere abereye umuyobozi bityo ko azabirukana mu karere

Mayor agiye kwirukana abanyamakuru bandika ibitagenda mu karere ke
Mayor agiye kwirukana abanyamakuru bakora inkuru zibitagenda.

Intandoro yabyose byatumye Mayor wa karere ka Kahama witwa Festo Kiswaga ashyiraho iterabwoba abo banyamakuru ba korera mu karere ayobora, byaturutse ku nkuru banditse aho bagaragaje abanyeshuri 400 bagaragaye bigira munsi y'igiti.

Nyuma yo kubona iyo nkuru, uyu muyobozi w'Akarere yahise avuga ko abo banyamakuru bariho banduza akarere bityo ko agiye kubirukana bakamuvira mu bwatsi ayobora.

Aba banyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye ariko batuye muri Kahama, bavuga ko igihe cyose iyo banditse inkuru zibitagenda ahita abashyiraho iterabwoba, ababwira ko azabirukana mu karere.

Aha niho bahera bishinganisha kugirango bagize icyo baba byabazwa uwo muyobozi uhora abashyiraho iterabwoba bitewe nuko baba banditse inkuru zivuga ibibazo bigaragara mu karere ayobora.


Bagabo John

Mayor agiye kwirukana abanyamakuru bandika ibitagenda mu karere ke

Mayor agiye kwirukana abanyamakuru bandika ibitagenda mu karere ke
Mayor agiye kwirukana abanyamakuru bakora inkuru zibitagenda.

Abanyamakuru bo mu karere ka Kahama mu Ntara ya Shinyanga muri Tanzania barishinganisha nyuma yaho umuyobozi w'Akarere avuze ko inkuru bandika zanduza akarere abereye umuyobozi bityo ko azabirukana mu karere

Intandoro yabyose byatumye Mayor wa karere ka Kahama witwa Festo Kiswaga ashyiraho iterabwoba abo banyamakuru ba korera mu karere ayobora, byaturutse ku nkuru banditse aho bagaragaje abanyeshuri 400 bagaragaye bigira munsi y'igiti.

Nyuma yo kubona iyo nkuru, uyu muyobozi w'Akarere yahise avuga ko abo banyamakuru bariho banduza akarere bityo ko agiye kubirukana bakamuvira mu bwatsi ayobora.

Aba banyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye ariko batuye muri Kahama, bavuga ko igihe cyose iyo banditse inkuru zibitagenda ahita abashyiraho iterabwoba, ababwira ko azabirukana mu karere.

Aha niho bahera bishinganisha kugirango bagize icyo baba byabazwa uwo muyobozi uhora abashyiraho iterabwoba bitewe nuko baba banditse inkuru zivuga ibibazo bigaragara mu karere ayobora.


Bagabo John