•     

Tanzania ihangayikishijwe n'urubyiruko ruriho rujya mu mitwe yiterabwoba

Mu nama ya karindwi y'abayobozi bakuru b'ingabo yateranye kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Mutarama 2024 yari iyobowe n'Umugaba w'ingabo w'ikirenga Perezida Samia, umugaba mukuru w'ingabo Gen Jacob Mkunda, yagaragaje ko batewe impungenge n'urubyiruko rujya mu mitwe y'itera bwoba.

Tanzania ihangayikishijwe  n'urubyiruko ruriho rujya mu mitwe yiterabwoba
Tanzania ihangayikishijwe n'urubyiruko ruriho rujya mu mitwe y'iterabwoba

Urwo rubyiruko ruri hagati y'imyaka 15-35,  biravugwa ko rujya mu mitwe y'iterabwoba muri  Kongo, Mozambique ndeste na Somaria.

Asobanura imitere y'iki kibazo cyagaragajwe ko giteye inkeke, Umugaba w'ingabo Gen Jacob Mkunda yagize ati"  dufite ikibazo cyaho abakoresha imbuga nkoranyambaga basigaye batwara urubyiruko rwacu ruri hagati y'imyaka 15- 35 mu mitwe y'iterabwoba mu bihugu birimo Kongo, Mozambique ndeste na Somaria, ibi bikaba bimaze gufata indi ntera mu gihugu ".

Umugaba mukuru w'ingabo za Tanzania  Gen Jacob Mkunda arikumwe na Perezida Samia 

Mubindi Gen Jacob Mkunda yavuze ko uretse icyo kibazo cyo kujya mu mitwe y'iterabwoba,  hari kandi ikibazo k'icyuruzwa ry'abantu ndetse n'ibiyobyabwenge bimaze kwangiza urubyiruko. 

Ku kibazo kijyanye n'urubyiruko rujya mu mitwe y'iterabwoba,  Perezida Samia yavuze ko ibyo bigomba gukumirwa vuba na bwangu kuko ntawamenya, harigihe urwo rubyiruko ruba rwagiye muri iyo mitwe y'iterabwoba rushobora ku zagaruka mu gihugu rugakora amahano. 

Bagabo John

Tanzania ihangayikishijwe n'urubyiruko ruriho rujya mu mitwe yiterabwoba

Tanzania ihangayikishijwe  n'urubyiruko ruriho rujya mu mitwe yiterabwoba
Tanzania ihangayikishijwe n'urubyiruko ruriho rujya mu mitwe y'iterabwoba

Mu nama ya karindwi y'abayobozi bakuru b'ingabo yateranye kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Mutarama 2024 yari iyobowe n'Umugaba w'ingabo w'ikirenga Perezida Samia, umugaba mukuru w'ingabo Gen Jacob Mkunda, yagaragaje ko batewe impungenge n'urubyiruko rujya mu mitwe y'itera bwoba.

Urwo rubyiruko ruri hagati y'imyaka 15-35,  biravugwa ko rujya mu mitwe y'iterabwoba muri  Kongo, Mozambique ndeste na Somaria.

Asobanura imitere y'iki kibazo cyagaragajwe ko giteye inkeke, Umugaba w'ingabo Gen Jacob Mkunda yagize ati"  dufite ikibazo cyaho abakoresha imbuga nkoranyambaga basigaye batwara urubyiruko rwacu ruri hagati y'imyaka 15- 35 mu mitwe y'iterabwoba mu bihugu birimo Kongo, Mozambique ndeste na Somaria, ibi bikaba bimaze gufata indi ntera mu gihugu ".

Umugaba mukuru w'ingabo za Tanzania  Gen Jacob Mkunda arikumwe na Perezida Samia 

Mubindi Gen Jacob Mkunda yavuze ko uretse icyo kibazo cyo kujya mu mitwe y'iterabwoba,  hari kandi ikibazo k'icyuruzwa ry'abantu ndetse n'ibiyobyabwenge bimaze kwangiza urubyiruko. 

Ku kibazo kijyanye n'urubyiruko rujya mu mitwe y'iterabwoba,  Perezida Samia yavuze ko ibyo bigomba gukumirwa vuba na bwangu kuko ntawamenya, harigihe urwo rubyiruko ruba rwagiye muri iyo mitwe y'iterabwoba rushobora ku zagaruka mu gihugu rugakora amahano. 

Bagabo John