Polisi ya tangaje ko kuri uyu wakane 29 Ukwakira 2025, yaburijemo imyigaragambyo y'urubyiruko rwamaganaga amatora mugace ka Kimara Kibo, mu Mujyi wa Dar es Salaam.
Polisi yavuze ko yabashije gutatanya urubyiruko rwariho rwigaragambya ubwo amatora yara rimbanyije.
Abaturage batanze ubuhamya avuga ko batangiye kwisunganya baturuka ku itorero ry'Ubuzima n'Umuzuko rya Bishop Josephat Gwajima ryafunzwe.

BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko kugeza ubu hataratangazwa umubare wabashobora kuba bakomerekeye muru iyo myigaragambyo cyangwa se imibare yabatawe muriyombi.
Bagabo John
