•     

Umugabo wavutse arya Amabuye n'Umusenyi byamuviriyemo kubura umugore

DRC: Muri Kongo hari Umugabo watangaje abantu ubwo yavugaga ko yabuze Umugore kubera ko atunzwe n'Amabuye n'Umusenyi.

Umugabo wavutse arya Amabuye n'Umusenyi byamuviriyemo kubura umugore
Umugabo atunzwe no kurya Amabuye n'Umusenyi.

Uyu mugabo witwa Jean Marie, yavuze ko ubwo yatangiraga kurya mu buzima bwe yaryaga amabuye n'umusenyi kugeza abaye Umusore.

Yagize ati" kumwe umwana iyo atangiye kurya ahera kubintu byoroshye, kurijye siko bimeze ahubwo nge nahereye ku mabuye n'umusenyi murugo barankubita ariko biranga,  kugeza ubu nibyo biryo byange Nkunda ".

Jean Marie, yavuzeko nubwo atunzwe n'amabuye ndetse n'umusenyi, ntakibazo cy'uburwayi bwo mu mutwe afite ni muzima.

Uyu mugabo kuba atunzwe n'amabuye byatumye abura umugore kuko ngo ntamugore wakwemera guteka amabuye n'umusenyi ngo azabishobore.

Bagabo John

Umugabo wavutse arya Amabuye n'Umusenyi byamuviriyemo kubura umugore

Umugabo wavutse arya Amabuye n'Umusenyi byamuviriyemo kubura umugore
Umugabo atunzwe no kurya Amabuye n'Umusenyi.

DRC: Muri Kongo hari Umugabo watangaje abantu ubwo yavugaga ko yabuze Umugore kubera ko atunzwe n'Amabuye n'Umusenyi.

Uyu mugabo witwa Jean Marie, yavuze ko ubwo yatangiraga kurya mu buzima bwe yaryaga amabuye n'umusenyi kugeza abaye Umusore.

Yagize ati" kumwe umwana iyo atangiye kurya ahera kubintu byoroshye, kurijye siko bimeze ahubwo nge nahereye ku mabuye n'umusenyi murugo barankubita ariko biranga,  kugeza ubu nibyo biryo byange Nkunda ".

Jean Marie, yavuzeko nubwo atunzwe n'amabuye ndetse n'umusenyi, ntakibazo cy'uburwayi bwo mu mutwe afite ni muzima.

Uyu mugabo kuba atunzwe n'amabuye byatumye abura umugore kuko ngo ntamugore wakwemera guteka amabuye n'umusenyi ngo azabishobore.

Bagabo John