•     

Yakubitiwe kw'irimbi azira kwanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we

Umugore witwa Mellen Mogaka, utuye mu ntara ya Nyamira mu gace kitwa Kiambere muri Kenya, yakubiswe ibiboko azira kwanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we ubwo bari bamaze gushyingura.

Yakubitiwe  kw'irimbi azira kwanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we
Yakubitiwe ku irimbi azira kwanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we

Amakuru avuga ko tariki ya 18 Werurwe 2025 aribwo uwo mugore  Mellen Mogaka,  ubwo bari bamaze gushyingura umugabo we, yanze gutera itaka mu mva kumpamvu ze bwite atigeze atangaza.

Ubwo Mallen yangaga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we, abari ku irimbi bahise baca inkoni batangira ku muhata ibishari bamuhatira gushyira itaka ku mva y'Umugabo we ariko ababera ibamba.

Yakubiswe iza kabwana Yanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we 

Umwe mu bayobozi muri Ako gace, yavuze ko ibyakozwe n'abo baturage babyamaganye kuko uwo mugore yakorewe ihohorerwa ntabwo bari ku mukubita ibiboko kuriya ahubwo bari bu mureke bava gushyingura bakamubaza impamvu atashyize itaka ku mva y'Umugabo we.

Bagabo John

Yakubitiwe kw'irimbi azira kwanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we

Yakubitiwe  kw'irimbi azira kwanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we
Yakubitiwe ku irimbi azira kwanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we

Umugore witwa Mellen Mogaka, utuye mu ntara ya Nyamira mu gace kitwa Kiambere muri Kenya, yakubiswe ibiboko azira kwanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we ubwo bari bamaze gushyingura.

Amakuru avuga ko tariki ya 18 Werurwe 2025 aribwo uwo mugore  Mellen Mogaka,  ubwo bari bamaze gushyingura umugabo we, yanze gutera itaka mu mva kumpamvu ze bwite atigeze atangaza.

Ubwo Mallen yangaga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we, abari ku irimbi bahise baca inkoni batangira ku muhata ibishari bamuhatira gushyira itaka ku mva y'Umugabo we ariko ababera ibamba.

Yakubiswe iza kabwana Yanga gushyira itaka ku mva y'Umugabo we 

Umwe mu bayobozi muri Ako gace, yavuze ko ibyakozwe n'abo baturage babyamaganye kuko uwo mugore yakorewe ihohorerwa ntabwo bari ku mukubita ibiboko kuriya ahubwo bari bu mureke bava gushyingura bakamubaza impamvu atashyize itaka ku mva y'Umugabo we.

Bagabo John