•     

USA: Yafunzwe bazi ko ari umugore ageze murigereza atera inda abagore babiri.

Muri Amerika haravugwa umugabo witwa Demi Minor, wafungiwe muri gereza y'abagore agezemo ahita atera inda abagore babiri none yahise yimurirwa muyindi gereza.

USA: Yafunzwe bazi ko ari umugore ageze murigereza atera inda abagore babiri.
Yafunzwe bazi ko ari umugore birangira ateye inda abagore babiri bafunganywe

Demi Minor w'imyaka 27, yarafungiye muri gereza ya Edna Mahan Correctional Facility iri ahitwa New Jersey muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Uyu ngo yari yarihinduye umukobwa arinayo mpamvu yatumye afungirwa muri gereza y'abagore, nyuma yo gutera inda abagore babiri nibwo byamenyekanye ko ari umusore.

Demi Minor yimuriwe muri gereza ya Garden State Youth Correctional bivugwa ko ifite uburinzi buhambaye.

Uyu Demi Minor, ntabwo higize hatangazwa icyaha afungiye ndetse n'igihano yakatiwe.

Bagabo John

USA: Yafunzwe bazi ko ari umugore ageze murigereza atera inda abagore babiri.

USA: Yafunzwe bazi ko ari umugore ageze murigereza atera inda abagore babiri.
Yafunzwe bazi ko ari umugore birangira ateye inda abagore babiri bafunganywe

Muri Amerika haravugwa umugabo witwa Demi Minor, wafungiwe muri gereza y'abagore agezemo ahita atera inda abagore babiri none yahise yimurirwa muyindi gereza.

Demi Minor w'imyaka 27, yarafungiye muri gereza ya Edna Mahan Correctional Facility iri ahitwa New Jersey muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Uyu ngo yari yarihinduye umukobwa arinayo mpamvu yatumye afungirwa muri gereza y'abagore, nyuma yo gutera inda abagore babiri nibwo byamenyekanye ko ari umusore.

Demi Minor yimuriwe muri gereza ya Garden State Youth Correctional bivugwa ko ifite uburinzi buhambaye.

Uyu Demi Minor, ntabwo higize hatangazwa icyaha afungiye ndetse n'igihano yakatiwe.

Bagabo John