•     

"Abagabo bogosha igihara ngo ntabwo bubaha Imana, Musenyeri Harrison "

Kenya: Musenyeri mu itorero rya The Christian foundation Fellowship, witwa Harrison Ng'ang'a yavuze ko abagabo bogogosha igihara batubaha Imana kandi ko izabahana.

"Abagabo bogosha igihara  ngo ntabwo bubaha Imana, Musenyeri  Harrison "
Abagabo bogosha igihara Imana igiye ku bahana

Uyu mukozi w'Imana yashishikarije abagabo kujya bogosha bagasigaza umusatsi mucye kuberako ko iyo bogoshe igihara bitajya bishimisha Imana.

Yagize ati" ntabwo dukwiye kujya twogosha imisatsi yacu ngo tumareho hanyuma ku mutwe hamere nk'inkono dutekamo, ibyo ntabwo bishimisha Imana kandi izabahana."

                Musenyeri Harrison 

Harrison yavuze ko mu minsi irimbere ingo zifite abagabo bogoshe igihara  Imana igiye kubakibita akanyafu kuburyo bazabura n'akazi ndetse bakabura nayo kwishyura inzu kubantu bakodesha.

Mu bakoresha imbuga nkoranya mbaga, batangajwe nibyavuzwe nuwo Musenyeri bamwe bamuha urwamenyo.

Mugihe abandi batangiye kwibaza ku bagabo  bogosha igihara bakamaraho umusatsi uburyo bazahanwa n'Imana.

Bagabo John

"Abagabo bogosha igihara ngo ntabwo bubaha Imana, Musenyeri Harrison "

"Abagabo bogosha igihara  ngo ntabwo bubaha Imana, Musenyeri  Harrison "
Abagabo bogosha igihara Imana igiye ku bahana

Kenya: Musenyeri mu itorero rya The Christian foundation Fellowship, witwa Harrison Ng'ang'a yavuze ko abagabo bogogosha igihara batubaha Imana kandi ko izabahana.

Uyu mukozi w'Imana yashishikarije abagabo kujya bogosha bagasigaza umusatsi mucye kuberako ko iyo bogoshe igihara bitajya bishimisha Imana.

Yagize ati" ntabwo dukwiye kujya twogosha imisatsi yacu ngo tumareho hanyuma ku mutwe hamere nk'inkono dutekamo, ibyo ntabwo bishimisha Imana kandi izabahana."

                Musenyeri Harrison 

Harrison yavuze ko mu minsi irimbere ingo zifite abagabo bogoshe igihara  Imana igiye kubakibita akanyafu kuburyo bazabura n'akazi ndetse bakabura nayo kwishyura inzu kubantu bakodesha.

Mu bakoresha imbuga nkoranya mbaga, batangajwe nibyavuzwe nuwo Musenyeri bamwe bamuha urwamenyo.

Mugihe abandi batangiye kwibaza ku bagabo  bogosha igihara bakamaraho umusatsi uburyo bazahanwa n'Imana.

Bagabo John