•     

Ukwezi ntabwo kuraboneka Eid el-Fitr izaba ku wagatandatu 22 Mata 2023.

Tanzania: Sheikh Abubakar Zubeir umuyobozi wa ba Islam yavuze ko ukwezi kutaraboneka bityo ko Eid el-Fitr izaba ku wagatandatu 22, Mata 2023

Ukwezi ntabwo kuraboneka  Eid el-Fitr izaba ku wagatandatu 22 Mata 2023.
Igisibo kizasoza ku wagatandatu tariki ya 22 Mata 2023

Mu kiganiro Sheikh Abubakar Zubeir yavuze ko nyuma yo gusuzuma basanze ukwezi ku taraboneka bityo Tanzania na Kenya nsetse n'ibirwa bya Zanzibar bazakomeza gusiba kugeza ku wagatandatu tariki 22 Mata 2023.

Sheikh Abubakar yamenyesheje aba islam ko umunsi wo gusoza igisibo uzabera ku musigiti wa  Mohamed VI Bakwata muri  Kinondoni.

Sheikh Abubakar Zubair yavuze ko igisibo kizasoza ku wagatandatu tariki ya 22 Mata 2023

Uwo munsi uzanitabirwa na Perezida wa Tanzania Mama Samia Hassan Suluhu uzaza kwifatanya na bagenzi be muri iryo sengesho rizatangira ku isaha ya saa moya n'igice za Mugitondo.

Uretse Tanzania na Kenya hamwe n'inibirwa bya Zanzibar,  u Rwanda na Uganda byamaze kwemeza ko ntagisibya ku munsi wejo ari ikiruhuko mu rwego rwo gusoza igisibo gitagatifu ku bislam.

Bagabo John

Ukwezi ntabwo kuraboneka Eid el-Fitr izaba ku wagatandatu 22 Mata 2023.

Ukwezi ntabwo kuraboneka  Eid el-Fitr izaba ku wagatandatu 22 Mata 2023.
Igisibo kizasoza ku wagatandatu tariki ya 22 Mata 2023

Tanzania: Sheikh Abubakar Zubeir umuyobozi wa ba Islam yavuze ko ukwezi kutaraboneka bityo ko Eid el-Fitr izaba ku wagatandatu 22, Mata 2023

Mu kiganiro Sheikh Abubakar Zubeir yavuze ko nyuma yo gusuzuma basanze ukwezi ku taraboneka bityo Tanzania na Kenya nsetse n'ibirwa bya Zanzibar bazakomeza gusiba kugeza ku wagatandatu tariki 22 Mata 2023.

Sheikh Abubakar yamenyesheje aba islam ko umunsi wo gusoza igisibo uzabera ku musigiti wa  Mohamed VI Bakwata muri  Kinondoni.

Sheikh Abubakar Zubair yavuze ko igisibo kizasoza ku wagatandatu tariki ya 22 Mata 2023

Uwo munsi uzanitabirwa na Perezida wa Tanzania Mama Samia Hassan Suluhu uzaza kwifatanya na bagenzi be muri iryo sengesho rizatangira ku isaha ya saa moya n'igice za Mugitondo.

Uretse Tanzania na Kenya hamwe n'inibirwa bya Zanzibar,  u Rwanda na Uganda byamaze kwemeza ko ntagisibya ku munsi wejo ari ikiruhuko mu rwego rwo gusoza igisibo gitagatifu ku bislam.

Bagabo John