•     

Julienne Kabanda yongeye gushimangira ko Imana ikiza Sida

Nyuma yaho Urwego rw’lgihugu rw’lmiyoborere (RGB) rwambuye uburenganzira bwo gukora Impuzamatorero Grace Room Ministries rya Pasiteri Julienne, yongeye gushimangira ko Imana yacu Ikiza Sida na Cancer.

Julienne Kabanda yongeye gushimangira ko Imana ikiza Sida
Julienne Kabanda yongeye gushimangira ko Imana ikiza Sida

Mu butumwa Pasiteri Julienne Kabanda yashyize ku rukuta rwe rwa X yongeye gushimangira ko Imana yacu ikiza Sida na Cancer. 

Muri ubwo butumwa yasangije aba mukurikira yagize ati"

Mwiriwe yesu ashimwe 

Nahamagawe n'imana kugirango ngo nyifashe kuyobora abana bayo mugakiza no munzira igana mwijuru 
Imana yacu ikiza HIV , CANCEL, UBUHUMYI nizindi ndwara mukomeze mwizere Kandi Imana ibahe umugisha 

Grace Room ministry

Julienne Kabanda yongeye gushimangira ko Imana ikiza Sida

Julienne Kabanda yongeye gushimangira ko Imana ikiza Sida
Julienne Kabanda yongeye gushimangira ko Imana ikiza Sida

Nyuma yaho Urwego rw’lgihugu rw’lmiyoborere (RGB) rwambuye uburenganzira bwo gukora Impuzamatorero Grace Room Ministries rya Pasiteri Julienne, yongeye gushimangira ko Imana yacu Ikiza Sida na Cancer.

Mu butumwa Pasiteri Julienne Kabanda yashyize ku rukuta rwe rwa X yongeye gushimangira ko Imana yacu ikiza Sida na Cancer. 

Muri ubwo butumwa yasangije aba mukurikira yagize ati"

Mwiriwe yesu ashimwe 

Nahamagawe n'imana kugirango ngo nyifashe kuyobora abana bayo mugakiza no munzira igana mwijuru 
Imana yacu ikiza HIV , CANCEL, UBUHUMYI nizindi ndwara mukomeze mwizere Kandi Imana ibahe umugisha 

Grace Room ministry