•     

Cardinal George Pell uherutse kwitaba Imana ntabwo azashyingurwa mu cyubahiro.

Cardinal George Pell wahamijwe ibyaha byo gusambanya abana ntabwo azashyingurwa mu cyubahiro mu rwego rwo kwirinda ko imiryango y'abafite abana bahohotewe nuwo George yateza ibibazo

Cardinal George Pell uherutse kwitaba Imana ntabwo azashyingurwa mu cyubahiro.
Cardinal George ntabwo azashyingurwa mu cyubahiro

Amakuru avuga Cardinal George agomba gushyingurwa mu gihugu cye cy'amavuko muri Australia ariko agashyingurwa bisanzwe bitandukanye nuko umuntu ukomeye kuri ruriya rwego ubundi agomba gushyingurwa mu  cyubahiro .

Intandaro yo kuza mushyingura bisanzwe ngo ni murwego rwo kwirinda ko imiryango ifite abana bicyekwa ko bahohotewe na Cardinal George ishobora guteza ibibazo mu gihugu.

                          Cardinal George 

Mu 2018 Cardinal George abacamanza bagaragaje ko yahohoteye abana babiri b’abahungu ubwo yari Arkiyepiskopi wa Melbourne mu myaka ya 1990, amara amezi 13 muri gereza mbere y’uko Urukiko Rukuru rwa Australie rumuhanaguraho ibyaha mu 2020.

Bagabo John

Cardinal George Pell uherutse kwitaba Imana ntabwo azashyingurwa mu cyubahiro.

Cardinal George Pell uherutse kwitaba Imana ntabwo azashyingurwa mu cyubahiro.
Cardinal George ntabwo azashyingurwa mu cyubahiro

Cardinal George Pell wahamijwe ibyaha byo gusambanya abana ntabwo azashyingurwa mu cyubahiro mu rwego rwo kwirinda ko imiryango y'abafite abana bahohotewe nuwo George yateza ibibazo

Amakuru avuga Cardinal George agomba gushyingurwa mu gihugu cye cy'amavuko muri Australia ariko agashyingurwa bisanzwe bitandukanye nuko umuntu ukomeye kuri ruriya rwego ubundi agomba gushyingurwa mu  cyubahiro .

Intandaro yo kuza mushyingura bisanzwe ngo ni murwego rwo kwirinda ko imiryango ifite abana bicyekwa ko bahohotewe na Cardinal George ishobora guteza ibibazo mu gihugu.

                          Cardinal George 

Mu 2018 Cardinal George abacamanza bagaragaje ko yahohoteye abana babiri b’abahungu ubwo yari Arkiyepiskopi wa Melbourne mu myaka ya 1990, amara amezi 13 muri gereza mbere y’uko Urukiko Rukuru rwa Australie rumuhanaguraho ibyaha mu 2020.

Bagabo John