•     

Padiri yatawe muri yombi aho acyekwa gusambanya umwana

Padiri Utatangajwe amazina ye muri Kenya, yatawe muri yombi na Polisi aho acyekwaho gusambanya umwana w'umunyeshuri wiga mu mwaka wa gatatu w'amashuri y'isumbuye.

Padiri yatawe muri yombi aho acyekwa gusambanya umwana
Padiri yatawe muri yombi aho acyekwaho gusambanya Umunyeshuri

Amakuru avuga ko uyu Mupadiri w'imyaka 42 , yagiye iwabo w'uyu munyeshuri agiye ku musengera kubera ko yari arwaye, uyu mupadiri  uturuka mu gace ka Uriri mu intara ya Migori, yahageze kuri uyu wakane tariki ya 13 Nyakanga 2023 mu ijoro.

Akigera murugo yasabye ababyeyi buyu mwana ko ya mutwara hanze   kugirango abashe kwirukana inyuka mibi iri kuri uwo munyeshuri,  ahita asaba ababyeyi gusubira mu inzu hanyuma agasigarana n'umurwayi hanze.

Bangeze hanze hanyuma Padiri ahita asengera igikorwa agiye gukora, ahita asambaya uwo mwana.

Bwaracyeye ku wagatanu, uwo munyeshuri ahita abwira Mwalimu ibyo Padiri ya mukoreye, niko guhita bahamagara Polisi ihita imuta muri yombi. 

Raporo yakozwe na Muganga yasanze uwo mwana yarasambanyijwe.

Uretse uyu mupadiri watawe muri yombi,  hari nabandi batatangajwe amazina basambanyije abana babiri, umwe ufite imyaka 6 undi ufite imyaka 15. Mu bice bya 
Ong’ong’o na Seka.

Bagabo John

Padiri yatawe muri yombi aho acyekwa gusambanya umwana

Padiri yatawe muri yombi aho acyekwa gusambanya umwana
Padiri yatawe muri yombi aho acyekwaho gusambanya Umunyeshuri

Padiri Utatangajwe amazina ye muri Kenya, yatawe muri yombi na Polisi aho acyekwaho gusambanya umwana w'umunyeshuri wiga mu mwaka wa gatatu w'amashuri y'isumbuye.

Amakuru avuga ko uyu Mupadiri w'imyaka 42 , yagiye iwabo w'uyu munyeshuri agiye ku musengera kubera ko yari arwaye, uyu mupadiri  uturuka mu gace ka Uriri mu intara ya Migori, yahageze kuri uyu wakane tariki ya 13 Nyakanga 2023 mu ijoro.

Akigera murugo yasabye ababyeyi buyu mwana ko ya mutwara hanze   kugirango abashe kwirukana inyuka mibi iri kuri uwo munyeshuri,  ahita asaba ababyeyi gusubira mu inzu hanyuma agasigarana n'umurwayi hanze.

Bangeze hanze hanyuma Padiri ahita asengera igikorwa agiye gukora, ahita asambaya uwo mwana.

Bwaracyeye ku wagatanu, uwo munyeshuri ahita abwira Mwalimu ibyo Padiri ya mukoreye, niko guhita bahamagara Polisi ihita imuta muri yombi. 

Raporo yakozwe na Muganga yasanze uwo mwana yarasambanyijwe.

Uretse uyu mupadiri watawe muri yombi,  hari nabandi batatangajwe amazina basambanyije abana babiri, umwe ufite imyaka 6 undi ufite imyaka 15. Mu bice bya 
Ong’ong’o na Seka.

Bagabo John