•     

Bamwe mu bayobozi bitabiriye umuhango wo kwimika Umutware w'Abakono batangiye kwegura

Uwahoze ari Visi Meya wa Musanze Ushinzwe Ubukungu Andrew Rucyahana Mpuhwe, umwe mu bitabiriye ibirori byo kwimika Umutware w'Amakono yeguye ku mirimo ye.

Bamwe mu bayobozi bitabiriye umuhango wo kwimika Umutware  w'Abakono batangiye kwegura
Visi Meya wa Musanze, Andruw Rucyahana amaze kwegura

Uyu Visi Maya  yandikiye Inama Njyanama y’Akarere ka Musanze ibaruwa aho yavuze ko kuba yaragaragaye muri uyu muhango wo kwimika Umutware w’Abakono abyicuza kandi akaba abifata nk’ikosa rikomeye kuko bisubiza inyuma intambwe y’ubumwe n’ubwiyunge Abanyarwanda bamaze gutera.

Hari andi makuru ikinyamakuru Rubanda cyamenye yuko, bamwe mu bayobozi bitabiriye uriya Muhango wo Kwimika Umutware w'Abakono, bazagenda begura kuko ngo bigaragara ko ibyo bakoze n'ubwo babisabiye imbabazi bitakuyeho yuko batanye. Bityo ko bagomba kuva ku inshingano zitandukanye bari bafite mu butegetsi.

Bagabo John

Mugihe wifuza kuduha amakuru y'ibibera aho iwanyu, by'umwihariko ibibazo bikeneye gukorerwa ubuvugizi mwakoresha izi Nomero +250 788698005, wanayisanga kuri WhatsApp ndetse na 0722698005.

Bamwe mu bayobozi bitabiriye umuhango wo kwimika Umutware w'Abakono batangiye kwegura

Bamwe mu bayobozi bitabiriye umuhango wo kwimika Umutware  w'Abakono batangiye kwegura
Visi Meya wa Musanze, Andruw Rucyahana amaze kwegura

Uwahoze ari Visi Meya wa Musanze Ushinzwe Ubukungu Andrew Rucyahana Mpuhwe, umwe mu bitabiriye ibirori byo kwimika Umutware w'Amakono yeguye ku mirimo ye.

Uyu Visi Maya  yandikiye Inama Njyanama y’Akarere ka Musanze ibaruwa aho yavuze ko kuba yaragaragaye muri uyu muhango wo kwimika Umutware w’Abakono abyicuza kandi akaba abifata nk’ikosa rikomeye kuko bisubiza inyuma intambwe y’ubumwe n’ubwiyunge Abanyarwanda bamaze gutera.

Hari andi makuru ikinyamakuru Rubanda cyamenye yuko, bamwe mu bayobozi bitabiriye uriya Muhango wo Kwimika Umutware w'Abakono, bazagenda begura kuko ngo bigaragara ko ibyo bakoze n'ubwo babisabiye imbabazi bitakuyeho yuko batanye. Bityo ko bagomba kuva ku inshingano zitandukanye bari bafite mu butegetsi.

Bagabo John

Mugihe wifuza kuduha amakuru y'ibibera aho iwanyu, by'umwihariko ibibazo bikeneye gukorerwa ubuvugizi mwakoresha izi Nomero +250 788698005, wanayisanga kuri WhatsApp ndetse na 0722698005.