•     

Abantu 11 bitabye Imana bagonzwe n'imodoka bariho batabara Indi yari yakoze impanuka

Muri Tanzania haravugwa inkuru y'akababaro y'abantu 11 bagonzwe n'imodoka ubwo bariho batabara abari bakoze impanuka y'imodoka yari iguye munsi y'umuhanda

Abantu 11 bitabye Imana  bagonzwe n'imodoka bariho batabara Indi  yari yakoze impanuka
Abantu 11 bitabye Imana ubwo bariho batabara abari mu modoka yari renze umuhanda

Amakuru avuga ko imodoka yo mu bwoko bw'ikamyo yakoze impanuka ikakwa mu munsi y'umuhanda  hanyuma abaturage bari hafi yaho iyo mpanuka y'imodoka yabereye bahita nihutira kujya gutabara abari muriyo modoka.

Ubwo bari mu gikorwa cyo gutabara abari muriyo modoka, hahise  haza Indi yo mu bwoko bwa Volvo, itwawe n'umushoferi witwa Baraka Merkisedek, maze ahita agonga abantu 11 bariho batabara  bahita bitaba Inana ako kanya, abandi 12 barakomereka.

Amakuru yatanzwe na Polisi yavuze ko iyo izo mpanuka zombi zabaye kuri uyu wambere tariki ya 13 Mutarama 2025, mu ma saa tatu zikoro  ibera ahitwa Chang'ombe mu karere ka Handeni.

Amakuru avuga ko usibye abo 11 bagonzwe bariho batabara, abari bakoze impanuka muriyo modoka y'ikamyo ntanumwe witabye Imana, abarimo bose bavuyemo ari bazima.

Bagabo John

Abantu 11 bitabye Imana bagonzwe n'imodoka bariho batabara Indi yari yakoze impanuka

Abantu 11 bitabye Imana  bagonzwe n'imodoka bariho batabara Indi  yari yakoze impanuka
Abantu 11 bitabye Imana ubwo bariho batabara abari mu modoka yari renze umuhanda

Muri Tanzania haravugwa inkuru y'akababaro y'abantu 11 bagonzwe n'imodoka ubwo bariho batabara abari bakoze impanuka y'imodoka yari iguye munsi y'umuhanda

Amakuru avuga ko imodoka yo mu bwoko bw'ikamyo yakoze impanuka ikakwa mu munsi y'umuhanda  hanyuma abaturage bari hafi yaho iyo mpanuka y'imodoka yabereye bahita nihutira kujya gutabara abari muriyo modoka.

Ubwo bari mu gikorwa cyo gutabara abari muriyo modoka, hahise  haza Indi yo mu bwoko bwa Volvo, itwawe n'umushoferi witwa Baraka Merkisedek, maze ahita agonga abantu 11 bariho batabara  bahita bitaba Inana ako kanya, abandi 12 barakomereka.

Amakuru yatanzwe na Polisi yavuze ko iyo izo mpanuka zombi zabaye kuri uyu wambere tariki ya 13 Mutarama 2025, mu ma saa tatu zikoro  ibera ahitwa Chang'ombe mu karere ka Handeni.

Amakuru avuga ko usibye abo 11 bagonzwe bariho batabara, abari bakoze impanuka muriyo modoka y'ikamyo ntanumwe witabye Imana, abarimo bose bavuyemo ari bazima.

Bagabo John