•     

Guverinoma yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo mu mpanuka.

Guverinoma y'Urwanda yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo ndetse n'abakomerekeye mu impanuka ibizeza ubufasha

Guverinoma yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo mu mpanuka.
Guverinoma y'Urwanda yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo mu mpanuka

Nyuma yaho abantu 11 bitabye Imana  abandi  36 barakomereka, nyuma yo ko  bagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori buherereye mu Kagari ka Gasagara mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gashyantare 2023.

Guverinoma y'Urwanda  yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo ndetse n'abakomerekeye  muriyo mpanuka ibizeza ubufasha nkuko itangazo ryaturutse mu biro bya Ministeri w'intebe ribigaragaza.

Uretse gufata mu mugongo iyo miryango, Guverinoma kandi yatangaje ko Ingamba zo gukurikirana ireme ry'imyubakire zi zashyirwamo imbaraga

Bagabo John

Guverinoma yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo mu mpanuka.

Guverinoma yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo mu mpanuka.
Guverinoma y'Urwanda yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo mu mpanuka

Guverinoma y'Urwanda yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo ndetse n'abakomerekeye mu impanuka ibizeza ubufasha

Nyuma yaho abantu 11 bitabye Imana  abandi  36 barakomereka, nyuma yo ko  bagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori buherereye mu Kagari ka Gasagara mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gashyantare 2023.

Guverinoma y'Urwanda  yihanganishije imiryango y'ababuriye ababo ndetse n'abakomerekeye  muriyo mpanuka ibizeza ubufasha nkuko itangazo ryaturutse mu biro bya Ministeri w'intebe ribigaragaza.

Uretse gufata mu mugongo iyo miryango, Guverinoma kandi yatangaje ko Ingamba zo gukurikirana ireme ry'imyubakire zi zashyirwamo imbaraga

Bagabo John