•     

Ibisambo byashimuse umupolisi ufite ibirokoroko bimwiba imbunda

Ibisambo bibiri muri Kenya, byashimuse umupolisi mu kuru ifite ibirokoroko wari utashye iwe ari mu modoka birangije bi mushyira muyo byari bifite bimutwara ku mu gezi bimwambura imbunda yo mubwoko bwa Pisito yari afite bi muta ahongaho

Ibisambo  byashimuse  umupolisi ufite ibirokoroko bimwiba imbunda
Umupolisi yashimuswe n'ibisambo bimwaka imbunda

Amakuru avuga ko uwo mupolisi witwa   Frederick Shiundu yari umuyobozi wa Polisi mu intara ya Norok, yari atashye ageze iwe murugo nibwo ibyo bisambo bibiri byahise bimutunga imbunda bimusaba kuva mu modoka ye bimutwara mu yabyo ku mugezi bimwambura imbunda yari afite yo mu bwoko bwa Pisito. 

                      Frederick Shiundu 

Umugore we wariho areba ibiri kuba ku mugabo we, yahise ahamagara Police bahageze basanga ibyo bisambo bya mutwaye. 

Batangiye gushakisha baza ku musanga ku mugezi ariho ba mutaye, gusa ntacyo bamutwaye sibye ku mwiba iyo mbunda no ku muta ku mugezi bakikomereza.

Kugeza ubu Polisi iriho irahiga bukware ngo irebe ko yafata ibyo bisambo byari byashimuse uwo mu Polisi 

Bagabo John

Ibisambo byashimuse umupolisi ufite ibirokoroko bimwiba imbunda

Ibisambo  byashimuse  umupolisi ufite ibirokoroko bimwiba imbunda
Umupolisi yashimuswe n'ibisambo bimwaka imbunda

Ibisambo bibiri muri Kenya, byashimuse umupolisi mu kuru ifite ibirokoroko wari utashye iwe ari mu modoka birangije bi mushyira muyo byari bifite bimutwara ku mu gezi bimwambura imbunda yo mubwoko bwa Pisito yari afite bi muta ahongaho

Amakuru avuga ko uwo mupolisi witwa   Frederick Shiundu yari umuyobozi wa Polisi mu intara ya Norok, yari atashye ageze iwe murugo nibwo ibyo bisambo bibiri byahise bimutunga imbunda bimusaba kuva mu modoka ye bimutwara mu yabyo ku mugezi bimwambura imbunda yari afite yo mu bwoko bwa Pisito. 

                      Frederick Shiundu 

Umugore we wariho areba ibiri kuba ku mugabo we, yahise ahamagara Police bahageze basanga ibyo bisambo bya mutwaye. 

Batangiye gushakisha baza ku musanga ku mugezi ariho ba mutaye, gusa ntacyo bamutwaye sibye ku mwiba iyo mbunda no ku muta ku mugezi bakikomereza.

Kugeza ubu Polisi iriho irahiga bukware ngo irebe ko yafata ibyo bisambo byari byashimuse uwo mu Polisi 

Bagabo John