•     

Kenya: Raila Odinga yavuze ko imbabazi Ruto yasabye zigomba kujyana n'indishyi

Raila Odinga yavuze ko imbabazi Perezida Ruto aherututse gusaba by'umwihariko urubyiruko rwa Gen Z, ko izo mbabazi zigomba kujyana nogutanga indishyi ku miryango yaburiye ababo mu mu myigaragambyo ndetse n'abayikomerekeyemo.

Kenya: Raila Odinga yavuze ko imbabazi Ruto yasabye zigomba kujyana n'indishyi
Raila Odinga yavuze ko imbabazi Ruto yasabye zigomba kujyana n'indishyi

Kuri iki cyumweru tariki 1 Kamena 2025 ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w'Ubutetegetsi  uzwi nka Madaraka Day, Raila Odonga yasabye  ko Imbabazi Perezida William Ruto aherutse gusaba ubwo yari mu masengesho ngaruka mwaka yogusabira i gihugu., Raila yavuzeko izo mbabazi zaherekezwa no kwishyura imiryango y'ababuriye ababo ndetse n'abakomerekeye mu mimyigaragambyo yakozwe n'urubyiruko ubwo bamaganaga Ruto bamusaba kwegura.

Raila Odinga yasabye Perezida Ruto ko yatanga indishyi ku miryango y'ababuriye ababo ndetse n'abakomerekeye mu myigaragambyo y'urubyiruko

Yagize ati" mu myaka ibiri ishyize uribyiruko ruzwi nka Gen Z rwari mu mihanda ndetse n'umwaka ushyize nabwo bari mu mihanda, hari bamwe bahasize ubuzima abandi barahakomerekera, rero ziriya mbabazi Perezida Ruto yasabye ndagirango zizaherekezwe no gutanga indishyi ku miryango yaburiye ababo ndetse n'abayikomerekeyemo  kugirango ayo mateka nayo ahite arangira."

Perezida Ruto ubwo yasabaga imbabazi yanahise atanga inzindi ku bagororwa bari basigaje igihe gito ngo basoze ibihano byabo ndetse nabari barakoze ibyaha bito.

Bagabo John

Kenya: Raila Odinga yavuze ko imbabazi Ruto yasabye zigomba kujyana n'indishyi

Kenya: Raila Odinga yavuze ko imbabazi Ruto yasabye zigomba kujyana n'indishyi
Raila Odinga yavuze ko imbabazi Ruto yasabye zigomba kujyana n'indishyi

Raila Odinga yavuze ko imbabazi Perezida Ruto aherututse gusaba by'umwihariko urubyiruko rwa Gen Z, ko izo mbabazi zigomba kujyana nogutanga indishyi ku miryango yaburiye ababo mu mu myigaragambyo ndetse n'abayikomerekeyemo.

Kuri iki cyumweru tariki 1 Kamena 2025 ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w'Ubutetegetsi  uzwi nka Madaraka Day, Raila Odonga yasabye  ko Imbabazi Perezida William Ruto aherutse gusaba ubwo yari mu masengesho ngaruka mwaka yogusabira i gihugu., Raila yavuzeko izo mbabazi zaherekezwa no kwishyura imiryango y'ababuriye ababo ndetse n'abakomerekeye mu mimyigaragambyo yakozwe n'urubyiruko ubwo bamaganaga Ruto bamusaba kwegura.

Raila Odinga yasabye Perezida Ruto ko yatanga indishyi ku miryango y'ababuriye ababo ndetse n'abakomerekeye mu myigaragambyo y'urubyiruko

Yagize ati" mu myaka ibiri ishyize uribyiruko ruzwi nka Gen Z rwari mu mihanda ndetse n'umwaka ushyize nabwo bari mu mihanda, hari bamwe bahasize ubuzima abandi barahakomerekera, rero ziriya mbabazi Perezida Ruto yasabye ndagirango zizaherekezwe no gutanga indishyi ku miryango yaburiye ababo ndetse n'abayikomerekeyemo  kugirango ayo mateka nayo ahite arangira."

Perezida Ruto ubwo yasabaga imbabazi yanahise atanga inzindi ku bagororwa bari basigaje igihe gito ngo basoze ibihano byabo ndetse nabari barakoze ibyaha bito.

Bagabo John