•     

Muganga yapfuye azize umuti yanyweye ashaka kwerekana ko utica

Kenya: Umuvuzi gakondo yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti imbere ya Polisi ashaka kwerekana ko uwo muti utica, ni nyuma yaho hari umurwayi yahaye uwo muti nawe akahasiga ubuzima.

Muganga yapfuye azize umuti yanyweye ashaka kwerekana ko utica
Muganga yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti avuga ko utica

Amakuru avuga ko Umuvuzi gakondo witwa Kapoya Chiyes, yatanze umuti ku murwayi witwa Edith Chilanda wari waje kwivuza ukuguru kwari kwabyimbye. Uwo muvuzi gakondo yahise amuha umuti yatunganyije mu byatsi by'ishyamba bakunze kwita ibishaka, hanyuma aha uwo mugore arabinywa ahita atangira kuruka ba mutwara kwa muganga ariko ahagera yamaze kwitaba Imana.

Bamwe bo mu muryango wanyakwigendara bahise baza muri rwarugo rwa wamuvuzi gakondo kubaza uburyo umuntu wabo yitabye Imana nyuma yo guhabwa umuti n'uwo muganga.

Bahise bafata uwo mugore bamutwara kuri Polisi hanyuma ahageze abwira Polisi ko umuti yahaye uwo nyakwigendera  utica ndetse  kugirango babyemere yahise  afata kuri wamuti nawe ara unywa ako kanya atangira kuruka bahita bamutwara kwa muganga yitaba Imana bakiri munzira.

Polisi yatangaje yahise ijya murugo rw'uwo muvuzi gakondo wahitanwe n'umuti avuga ko utica, basanga hari imizi y'ishyamba ndetse n'ibindi byatsi bitandukanye yari yatetse bivugwa ariwo yahaye ku murwayi ukamuhitana ndetse na n'uwo muvuzi gakondo akahasiga ubuzima.

Bagabo John

Muganga yapfuye azize umuti yanyweye ashaka kwerekana ko utica

Muganga yapfuye azize umuti yanyweye ashaka kwerekana ko utica
Muganga yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti avuga ko utica

Kenya: Umuvuzi gakondo yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti imbere ya Polisi ashaka kwerekana ko uwo muti utica, ni nyuma yaho hari umurwayi yahaye uwo muti nawe akahasiga ubuzima.

Amakuru avuga ko Umuvuzi gakondo witwa Kapoya Chiyes, yatanze umuti ku murwayi witwa Edith Chilanda wari waje kwivuza ukuguru kwari kwabyimbye. Uwo muvuzi gakondo yahise amuha umuti yatunganyije mu byatsi by'ishyamba bakunze kwita ibishaka, hanyuma aha uwo mugore arabinywa ahita atangira kuruka ba mutwara kwa muganga ariko ahagera yamaze kwitaba Imana.

Bamwe bo mu muryango wanyakwigendara bahise baza muri rwarugo rwa wamuvuzi gakondo kubaza uburyo umuntu wabo yitabye Imana nyuma yo guhabwa umuti n'uwo muganga.

Bahise bafata uwo mugore bamutwara kuri Polisi hanyuma ahageze abwira Polisi ko umuti yahaye uwo nyakwigendera  utica ndetse  kugirango babyemere yahise  afata kuri wamuti nawe ara unywa ako kanya atangira kuruka bahita bamutwara kwa muganga yitaba Imana bakiri munzira.

Polisi yatangaje yahise ijya murugo rw'uwo muvuzi gakondo wahitanwe n'umuti avuga ko utica, basanga hari imizi y'ishyamba ndetse n'ibindi byatsi bitandukanye yari yatetse bivugwa ariwo yahaye ku murwayi ukamuhitana ndetse na n'uwo muvuzi gakondo akahasiga ubuzima.

Bagabo John