•     

Ntabwo twa kwishimira kugira umusirikare utarize".Maj. Gen Augustin Turagara".

Maj. Gen Augustin Turagara yabwiye urubyiruko rwo mu mujyi wa kigali ko igisirikare cy'u Rwanda cyamaze kwambuka imbibi bityo kitakwishimira kugira umusirikare utarize.

Ntabwo twa kwishimira kugira umusirikare utarize".Maj. Gen Augustin Turagara".
Maj. Gen Augustin Turagara

Mu inteko rusange y'inama y'igihugu  y'urubyiruko yateraniye mu karere ka Nyarugenge ahazwi nka Camp Kigali kuri uyu wa 30 Kamena 2022.

Mu kiganiro cya tanzwe na Maj. Gen Augustin Turagara cyagarukaga mu myiteguro yumunsi mukuru wo Kwibohora ku inshuro ya 28, yagarutse ku mateka y'urwanda rwo hambere uburyo rwari rwaciwemo amacakubiri aho ntamuntu wabashaka ku menya akandi karere,

Aha yagize ati" wasangaga ntamuntu uzi akarere runaka bitewe nuko kuhajya byasabaga kuba ufite icyangombwa, aho yatanze urugero rwaho ibinyabiziga birimo imodoka wasangaga ifite ikirango (Plack) za karere runaka. Ndetse ugasanga n'umuturage kugirango ajye mu kandi  karere  byamusabaga gushaka ibyangombwa kugira ngo yemererwe kugenda.

Yanagarutse no ku ireme ry'uburezi aho wasanga umwana atsinda ikizamini ariko aho kureba amanota yagize bakareba ubwoko aturukamo. Aha ninaho yahereye avuga ko harigihe u Rwanda rutabayeho.

Mu bibazo byabajijwe n'urubyiruko harimo iwabagije ikibazo cyuko  mu gihe cy'urugamba rwo kubohora igihugu  abasirikare babikoraga mu kwitanga ariko ubu kujya mu gisirikare bikaba bisaba kuba umuntu yarize.

Urubyiruko rwitabiriye ibiganiro bijyanye n'imyiteguro yo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohoro mu karere ka Nyarugenge.

Asubiza iki kibazo 
Maj. Gen Augustin Turagara yavuze ko ubu igisirikare kitari icyo mu Rwanda gusa cyabaye mpizampahanga.

Yagize ati" ubu ntabwo igisirikare cyacu ari icyahano mu Rwanda gusa kuko dusigaye twambuka tukajya no mubindi bihugu kandi ntabwo wajya hanze utarize ngo ubashe gusobanura.".

Umunsi mukuru wo kwibohora ku inshuro ya 28 uteganyijwe kuzaba tariki ya 4 Nyakanga 2022.

Bagabo John.

Ntabwo twa kwishimira kugira umusirikare utarize".Maj. Gen Augustin Turagara".

Ntabwo twa kwishimira kugira umusirikare utarize".Maj. Gen Augustin Turagara".
Maj. Gen Augustin Turagara

Maj. Gen Augustin Turagara yabwiye urubyiruko rwo mu mujyi wa kigali ko igisirikare cy'u Rwanda cyamaze kwambuka imbibi bityo kitakwishimira kugira umusirikare utarize.

Mu inteko rusange y'inama y'igihugu  y'urubyiruko yateraniye mu karere ka Nyarugenge ahazwi nka Camp Kigali kuri uyu wa 30 Kamena 2022.

Mu kiganiro cya tanzwe na Maj. Gen Augustin Turagara cyagarukaga mu myiteguro yumunsi mukuru wo Kwibohora ku inshuro ya 28, yagarutse ku mateka y'urwanda rwo hambere uburyo rwari rwaciwemo amacakubiri aho ntamuntu wabashaka ku menya akandi karere,

Aha yagize ati" wasangaga ntamuntu uzi akarere runaka bitewe nuko kuhajya byasabaga kuba ufite icyangombwa, aho yatanze urugero rwaho ibinyabiziga birimo imodoka wasangaga ifite ikirango (Plack) za karere runaka. Ndetse ugasanga n'umuturage kugirango ajye mu kandi  karere  byamusabaga gushaka ibyangombwa kugira ngo yemererwe kugenda.

Yanagarutse no ku ireme ry'uburezi aho wasanga umwana atsinda ikizamini ariko aho kureba amanota yagize bakareba ubwoko aturukamo. Aha ninaho yahereye avuga ko harigihe u Rwanda rutabayeho.

Mu bibazo byabajijwe n'urubyiruko harimo iwabagije ikibazo cyuko  mu gihe cy'urugamba rwo kubohora igihugu  abasirikare babikoraga mu kwitanga ariko ubu kujya mu gisirikare bikaba bisaba kuba umuntu yarize.

Urubyiruko rwitabiriye ibiganiro bijyanye n'imyiteguro yo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohoro mu karere ka Nyarugenge.

Asubiza iki kibazo 
Maj. Gen Augustin Turagara yavuze ko ubu igisirikare kitari icyo mu Rwanda gusa cyabaye mpizampahanga.

Yagize ati" ubu ntabwo igisirikare cyacu ari icyahano mu Rwanda gusa kuko dusigaye twambuka tukajya no mubindi bihugu kandi ntabwo wajya hanze utarize ngo ubashe gusobanura.".

Umunsi mukuru wo kwibohora ku inshuro ya 28 uteganyijwe kuzaba tariki ya 4 Nyakanga 2022.

Bagabo John.