•     

Nyuma yo gupfusha abana 11 bahise biyahuza inzoga

Kenya: hari umuryango wavuze ko nyuma yo kugira ibyago ugapfusha abana 11 wahise gutangira kwiyahuza inzoga kugirango wiyibagize umubabaro n'agahinda.

Nyuma yo gupfusha abana 11 bahise biyahuza inzoga
Nyuma yo gupfusha abana 11 yahise yiyahuza inzoga we n'umugabo we

Umugore witwa Mercy Wanja hamwe n'Umugabo we John Musamba, batuye mu intara ya Kiambu, bagaragaje agahinda batewe no gupfusha abana 11 mu bihe bitandukanye bikabaviramo kwiyahuza inzoga mu rwego rwo kwiyibagiza agahinda n'umubabaro bahuye nawo.

Uwo mugore Mercy yavuze ko nyuma yo gupfusha abo bana 11 imiryango yabo yarabanze ndetse batangira no kubita ko ari abarozi

Mercy yavuze ko abo bana bagiye bapfa mu bihe bitandukanye harimo abapfuye ari bakuru ndetse hakaba nabandi inda zagiye zivamo.

Uyu muryango wavuze ko bagezeho bafata icyemezo cyo kwiyahuza inzoga  mu rwego rwo kugirango barebe ko ba kwiyibagiza ibya babayeho.

Uyu muryango wavuze ko wahuye n'ubuzima bukomeye kuburyo byabasabye kwimuka bakava  aho bari batuye bakajya gutura ahitwa Githurai kubera ko aho bari batuye bari barabaye iciro ry'imigani.

Bagabo John

Nyuma yo gupfusha abana 11 bahise biyahuza inzoga

Nyuma yo gupfusha abana 11 bahise biyahuza inzoga
Nyuma yo gupfusha abana 11 yahise yiyahuza inzoga we n'umugabo we

Kenya: hari umuryango wavuze ko nyuma yo kugira ibyago ugapfusha abana 11 wahise gutangira kwiyahuza inzoga kugirango wiyibagize umubabaro n'agahinda.

Umugore witwa Mercy Wanja hamwe n'Umugabo we John Musamba, batuye mu intara ya Kiambu, bagaragaje agahinda batewe no gupfusha abana 11 mu bihe bitandukanye bikabaviramo kwiyahuza inzoga mu rwego rwo kwiyibagiza agahinda n'umubabaro bahuye nawo.

Uwo mugore Mercy yavuze ko nyuma yo gupfusha abo bana 11 imiryango yabo yarabanze ndetse batangira no kubita ko ari abarozi

Mercy yavuze ko abo bana bagiye bapfa mu bihe bitandukanye harimo abapfuye ari bakuru ndetse hakaba nabandi inda zagiye zivamo.

Uyu muryango wavuze ko bagezeho bafata icyemezo cyo kwiyahuza inzoga  mu rwego rwo kugirango barebe ko ba kwiyibagiza ibya babayeho.

Uyu muryango wavuze ko wahuye n'ubuzima bukomeye kuburyo byabasabye kwimuka bakava  aho bari batuye bakajya gutura ahitwa Githurai kubera ko aho bari batuye bari barabaye iciro ry'imigani.

Bagabo John