•     
Chief Editor

Chief Editor

Last seen: 7 minutes ago

Member since Jun 26, 2022 bagabojohn@gmail.com

Following (0)

Followers (0)

Abana

Ibyishimo ni byose ku muryango wibarutse umwana bamaze...

Umuryango wari umaze imyaka 18 warabuze urubyaro, mu gihugu cyo mu Buhinde waje kubona umwana maze ibyishimo birabarenga ku bw'igihe...

Politiki

Yego na Oya" Perezida Kagame".

Perezida Kagame yasubije ikibazo gikubiyemo Yego na Oya ubwo yabazagwa niba amatora ataha yo muri 2024 azongera kwiyamamaza

Ubuzima

Gahunda yo kurwanya Covid 19 iracyakomeza" Bibiane Uwiragiye"

Umuyobozi wa gahunda yo gukingira COVID 19 muri RBC Madamu Bibiane Uwiragiye , avuga ko nubwo muri rusange bamaze gukingira abanyarwanda...

Ubutabera

Umugabo yatawe muriyombi azira gutaburura umurambo w'umugore...

Muri Kenya haravugwa inkuru y'umugabo wataburuye umurambo w'umugore we kugirango agurishe isambu yari ishyinguyemo umugore we

Ubutabera

Yatawe muriyombi azira guparika imodoka hagati mu muhanda...

Umukobwa witwa KIDOSHO ufite imyaka 26, yatawe muriyombi na Polisi azira kuba tariki ya 24 Mutarama 2023 yara paritse imodoka mu muhanda...

Politiki

Ku bwanjye narishimye kuko yari renga renga" Fazili Harelimana"

Visi Perezida w'Intumwa za Rubanda Sheh Musa Fazili Harelimana yavuze ko kubwe yashimishijwe nuko indege muri DRC yarashwe n'ingabo...

Ubutabera

Gitifu w'akagari yatumye abaturage batagana urukiko rw'ibanze

Muri Tanzania haravugwa inkuru y'urukiko rw'ibanze rwa Msimbati mu karere ka Mtwara rwabuze abarugana kubera gitifu w'akagari ufite...

Amakuru

Imbwa yishe shebuja imurashe n'imbunda

Umugabo witwa Wichita wo muri Amerika yishwe n'imbwa ye imurashe n'imbunda ubwo bari mu modoka bajya guhiga

Iyobokamana

Indaya yasubije umukozi w'Imana ikoresheje icyanditswe...

Indaya yo muri Kenya yabwiye umukozi w'Imana waruje ku mubwira ko ya kwakira agakiza akava ku muhanda aho yari ategereje abakiriya,...

Uburezi

Abanyeshuri umunani bitabye Imana barohamye mu inyanja.

Abana umunani ba banyeshuri bitabye Imana abandi 12 bararokoka nyuma yuko barohamye mu bwato mu nyanja ya Volta muri Ghana