Last seen: 2 hours ago
Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema, yasabye abaturage bubatse ingo, kutajya bareba muri Telephone zabagore babo kuko ngo biri mu...
Police yo muri Kenya yatahuye abantu bari babohejejwe iminyururu ku birenge mu Rusengero biganjemo abafite uburwayi bwo mu mutwe.
Korari yari yahawe ikiraka cyo kuririmba mu gihe abaturage bari bategereje ibiva mu matora y'umukuru w'igihugu muri Kenya amezi amaze...
Umugabo wo muri Zambia yari atwaye imodoka irimo abantu barindwi harimo n'abana be 2 baba hungu akora impanuka babiri bitabye Imana...
Umubikira witwa Andre wari utuye mu majyepfo y'Ubufaransa mu mujyi wa Toulon bivugwa ko ariwe wari ukuze ku isi yitabye Imana.
Umugorowa yatorotse i bitaro muri Kenya, nyuma yaho afashwe na Cholera abacungagereza batatu bagahita bamwihutana kwa muganga.
Leta ya Tanzania binyuze muri Minisiteri y'Uburezi igiye gutangira iperereza ku bigo by'amashuri bivugwa ko byigisha abanyeshuri isomo...
Umusirikare muri Kenya wari mu kibari ( Ikiruhuko) iwabo, yarashwe arakomereka nyuma nyuma yo kubaza umugenzi impamvu anywa urumogi...
Umutera makofi wo muri Tanzania witwa Kalim Mondonga, yategewe ko natsinda irushanwa yari yagiyemo muri Kenya azahabwa imodoka.
Abapolisi batatu hamwe na Pasiteri (Umukozi w'Imana) muri Uganda batawe muri yombi aho bakurikiranyweho gufata ku ngufu umugore