•     
Chief Editor

Chief Editor

Last seen: 2 hours ago

Member since Jun 26, 2022 bagabojohn@gmail.com

Following (0)

Followers (0)

Amakuru

Perezida yasabye abagabo kutajya bareba muri Telephone...

Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema, yasabye abaturage bubatse ingo, kutajya bareba muri Telephone zabagore babo kuko ngo biri mu...

Ubutabera

Police yatahuye abantu baboshye ni minyururu babaga mu...

Police yo muri Kenya yatahuye abantu bari babohejejwe iminyururu ku birenge mu Rusengero biganjemo abafite uburwayi bwo mu mutwe.

Iyobokamana

Korari yaririmbye mu matora ya Perezida nubu ntabwo irabona...

Korari yari yahawe ikiraka cyo kuririmba mu gihe abaturage bari bategereje ibiva mu matora y'umukuru w'igihugu muri Kenya amezi amaze...

Ubuzima

Umugabo yakoze impanuka abana be babiri bitaba Imana

Umugabo wo muri Zambia yari atwaye imodoka irimo abantu barindwi harimo n'abana be 2 baba hungu akora impanuka babiri bitabye Imana...

Iyobokamana

Umubikira wari ukuze ku isi yitabye Imana afite imyaka...

Umubikira witwa Andre wari utuye mu majyepfo y'Ubufaransa mu mujyi wa Toulon bivugwa ko ariwe wari ukuze ku isi yitabye Imana.

Ubutabera

Umugororwa yatorotse ibitaro arimo amapingu

Umugorowa yatorotse i bitaro muri Kenya, nyuma yaho afashwe na Cholera abacungagereza batatu bagahita bamwihutana kwa muganga.

Uburezi

Leta igiye gusuzuma ikibazo cy'Amashuri yigisha ubutinganyi

Leta ya Tanzania binyuze muri Minisiteri y'Uburezi igiye gutangira iperereza ku bigo by'amashuri bivugwa ko byigisha abanyeshuri isomo...

Ubuzima

Umusirikare yarashwe nyuma yo kubaza umugenzi impamvu anywa...

Umusirikare muri Kenya wari mu kibari ( Ikiruhuko) iwabo, yarashwe arakomereka nyuma nyuma yo kubaza umugenzi impamvu anywa urumogi...

Imyidagaduro

Yetegewe imodoka birangira ayegukanye

Umutera makofi wo muri Tanzania witwa Kalim Mondonga, yategewe ko natsinda irushanwa yari yagiyemo muri Kenya azahabwa imodoka.

Ubutabera

Abapolisi batatu na Pasiteri batawe muriyombi bazira gufata...

Abapolisi batatu hamwe na Pasiteri (Umukozi w'Imana) muri Uganda batawe muri yombi aho bakurikiranyweho gufata ku ngufu umugore