•     

Umwana yi yahuye asiga yanditse ku gikuta ngo urupfu rwange muzarubaze mama

Tanzania: Umwana w'umuhungu uri mu kigero ki myaka 30 witwa Godson Mbwambo, yi yahuye asiga yanditse ku gikuta mu cyumba ngo urupfu rwe ruzabazwe nyina

Umwana yi yahuye asiga yanditse ku gikuta ngo urupfu rwange muzarubaze mama
Yiyahuye asiga avuze ko urupfu rwe ruzabazwa nyina

Ikinyamakuru Mwanchi cyandite inkuru ivuga ku musore wagiranye amakimbarane na nyina agafata icyemezo cyo kwiyambura ubuzima.

Amakuru avuga ko uwo musore ku wakane ushize tariki ya  23 Gashyantare 2023 uwo musore yagerageje kwiyahura baramutabara ariko kubera ko yari yarabigambiriye byarangiye kuri iyi nshuro abigezeho.

Nyakwigendera ngo yari afitanye amakimbirane na nyina kuburyo abatanze amakuru harimo abaturanyi, bavuga ko mu minsi ishize nyakwigendera yigeze ku rwana na nyina bapfa ko atajya amuha amafanga nkuko ayaha abandi bavukana.

Amakuru yemejwe n'umuyobozi umwe ukora mu nzego zibanze witwa Amosi Chibago, aho yavuze ko uwo musore yiyahuriye mu nzu itabagamo abantu maze asiga yanditse ko urupfu rwe ruzabazwa nyina.

Bagabo John

Umwana yi yahuye asiga yanditse ku gikuta ngo urupfu rwange muzarubaze mama

Umwana yi yahuye asiga yanditse ku gikuta ngo urupfu rwange muzarubaze mama
Yiyahuye asiga avuze ko urupfu rwe ruzabazwa nyina

Tanzania: Umwana w'umuhungu uri mu kigero ki myaka 30 witwa Godson Mbwambo, yi yahuye asiga yanditse ku gikuta mu cyumba ngo urupfu rwe ruzabazwe nyina

Ikinyamakuru Mwanchi cyandite inkuru ivuga ku musore wagiranye amakimbarane na nyina agafata icyemezo cyo kwiyambura ubuzima.

Amakuru avuga ko uwo musore ku wakane ushize tariki ya  23 Gashyantare 2023 uwo musore yagerageje kwiyahura baramutabara ariko kubera ko yari yarabigambiriye byarangiye kuri iyi nshuro abigezeho.

Nyakwigendera ngo yari afitanye amakimbirane na nyina kuburyo abatanze amakuru harimo abaturanyi, bavuga ko mu minsi ishize nyakwigendera yigeze ku rwana na nyina bapfa ko atajya amuha amafanga nkuko ayaha abandi bavukana.

Amakuru yemejwe n'umuyobozi umwe ukora mu nzego zibanze witwa Amosi Chibago, aho yavuze ko uwo musore yiyahuriye mu nzu itabagamo abantu maze asiga yanditse ko urupfu rwe ruzabazwa nyina.

Bagabo John