Tanzania: Umwana w'umuhungu uri mu kigero ki myaka 30 witwa Godson Mbwambo, yi yahuye asiga yanditse ku gikuta mu cyumba ngo urupfu rwe ruzabazwe nyina
Ikinyamakuru Mwanchi cyandite inkuru ivuga ku musore wagiranye amakimbarane na nyina agafata icyemezo cyo kwiyambura ubuzima.
Amakuru avuga ko uwo musore ku wakane ushize tariki ya 23 Gashyantare 2023 uwo musore yagerageje kwiyahura baramutabara ariko kubera ko yari yarabigambiriye byarangiye kuri iyi nshuro abigezeho.
Nyakwigendera ngo yari afitanye amakimbirane na nyina kuburyo abatanze amakuru harimo abaturanyi, bavuga ko mu minsi ishize nyakwigendera yigeze ku rwana na nyina bapfa ko atajya amuha amafanga nkuko ayaha abandi bavukana.

Amakuru yemejwe n'umuyobozi umwe ukora mu nzego zibanze witwa Amosi Chibago, aho yavuze ko uwo musore yiyahuriye mu nzu itabagamo abantu maze asiga yanditse ko urupfu rwe ruzabazwa nyina.
Bagabo John
