Haribamwe mubantu baba bifuza gusohokera ahantu heza kandi hatuje ibisabwa , ariko ugasanga bahabuze Ndagirango nkumenyeshe ko muri uyu mujyi wa Kigali, ahantu heza hujuje ibisabwa ntahandi atari i Gikondo kuri Maracana Hotel.
Aha kuri Marakana Hoteli, niho honyine usanga ibijyanye n’ibyifuzo byawe, muri Maracana Hotel uhasanga Amafunguro y’ubwoko bwose, yewe waba uriho ufungura ugahita utumizaho n’icyokunywa wifuza kandi ku biciro byiza.
Muri Maracana wahasanga ibyumba byiza byo kuryamamo.

Uru rukwavu ruteye isari ntahandi warusanga Atari muri Maracana Hotel

Uru Rwagwa rwa Kinyarwanda rufite umwimere ntahandi warusanga utaganye Maracana Hotel

Iki gitanda gishashe neza kuburyo uruhuka wumva utuje ugisanga muri Maracana Hotel


Kubantu bafite ibirori bitandukanye harimo Ubukwe, Abizihiza isaburu baba bagize ndetse n’ibindi birori, twabarangira muri Maracana Hotel.
Ushobora kuba nawe ucyeneye zimwe muri Serivice zitangwa na Maracana Hotel waduhamagara kuri izi nomero hanyuma tukagufasha. 0788667773
Bagabo John
