•     

Pasiteri yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho kwica umugore

Kenya: Muri Kenya haravugwa inkuru y'umukozi w'Imana watawe muriyombi aho akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore bivugwa ko bamaranye iminsi ibiri amusengera iwe murugo

Pasiteri yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho kwica umugore
Pasiteri aracyekwaho kwica umugore

Ibinyamakuru byo muri Kenya, byatangaje ko umugore witwa Christine Makena Maingi w'imyaka 35 utuye ahitwa Kiambu yasanzwe munzu yapfuye.

Amakuru avuga ko ku matariki ya 5- na 6, Gashanyare 2023  yari kumwe n'uwo mu Pasiteri  murugo aho yari yaje ku musengera.

Uwo Pasiteri Christopher Kiptum Keter,  ufite imyaka 50. ucyekwaho kwica uwo mugore ngo yahise atoroka ajya kwihisha mu gace kitwa Mabanda kuva tariki ya 8 Gashyantare 2023 nkuko Citizen Tv yabitangaje.

Bagabo John

Pasiteri yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho kwica umugore

Pasiteri yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho kwica umugore
Pasiteri aracyekwaho kwica umugore

Kenya: Muri Kenya haravugwa inkuru y'umukozi w'Imana watawe muriyombi aho akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore bivugwa ko bamaranye iminsi ibiri amusengera iwe murugo

Ibinyamakuru byo muri Kenya, byatangaje ko umugore witwa Christine Makena Maingi w'imyaka 35 utuye ahitwa Kiambu yasanzwe munzu yapfuye.

Amakuru avuga ko ku matariki ya 5- na 6, Gashanyare 2023  yari kumwe n'uwo mu Pasiteri  murugo aho yari yaje ku musengera.

Uwo Pasiteri Christopher Kiptum Keter,  ufite imyaka 50. ucyekwaho kwica uwo mugore ngo yahise atoroka ajya kwihisha mu gace kitwa Mabanda kuva tariki ya 8 Gashyantare 2023 nkuko Citizen Tv yabitangaje.

Bagabo John