•     

Abana bagize nyina intere banakuramo amaso umugabo we

Kenya : Abana bakubise nyina bamugira intere ndetse n'umugabo we bamukuramo amaso nyuma yaho nyina wabo bana ataye se akajya gushaka uwo mugabo.

Abana bagize nyina intere banakuramo amaso umugabo we
Abana bakubise nyina bamugira intere nyuma yokubata akajya gushaka undi Mugabo

Kimwe mu binyamakuru byo muri Kenya, cyanditse ko abo bana bagize umujinya w'umuranduranzuzi nyuma yokubona nyina ataye se waba bana akajya gushaka undi mugabo.

Abo bana bafashe intwaro gakondo bajya aho nyina yashatse mu intara ya Sambura bahageze batangira gukubita nyina baramukoretsa basiga banakuyemo amoso uwo mugabo warongoye nyina.

Nyina wabo bana witwa Sylevena, yavuze ko yatunguwe nokubona abana be baraje murugo bafite umuhoro ndetse n'inkoni bagahita bamukubita ndetse bakamutema mu mutwe hanyuma bagasanga umugabo we mu cyumba nawe bakamukubita baka mukuramo n'amaso.

Ntabwo byatangajwe niba bariya bana bakoze buriya bugome niba baratawe muri yombi cyangwa bakaba bagishakishwa n'inzego z'umutekano 

Bagabo John

Abana bagize nyina intere banakuramo amaso umugabo we

Abana bagize nyina intere banakuramo amaso umugabo we
Abana bakubise nyina bamugira intere nyuma yokubata akajya gushaka undi Mugabo

Kenya : Abana bakubise nyina bamugira intere ndetse n'umugabo we bamukuramo amaso nyuma yaho nyina wabo bana ataye se akajya gushaka uwo mugabo.

Kimwe mu binyamakuru byo muri Kenya, cyanditse ko abo bana bagize umujinya w'umuranduranzuzi nyuma yokubona nyina ataye se waba bana akajya gushaka undi mugabo.

Abo bana bafashe intwaro gakondo bajya aho nyina yashatse mu intara ya Sambura bahageze batangira gukubita nyina baramukoretsa basiga banakuyemo amoso uwo mugabo warongoye nyina.

Nyina wabo bana witwa Sylevena, yavuze ko yatunguwe nokubona abana be baraje murugo bafite umuhoro ndetse n'inkoni bagahita bamukubita ndetse bakamutema mu mutwe hanyuma bagasanga umugabo we mu cyumba nawe bakamukubita baka mukuramo n'amaso.

Ntabwo byatangajwe niba bariya bana bakoze buriya bugome niba baratawe muri yombi cyangwa bakaba bagishakishwa n'inzego z'umutekano 

Bagabo John