•     

Imbeba zibasiye abarwayi muri bimwe mu bitaro

Kenya: Intumwa ya Rubanda ihagarariye agace ka Maragua, Mary wa Maua. Yatabaje aho yavuze ko hari bimwe mu bitaro by'ugarijwe n'imbeba kuburyo abarwayi bafite impungenge ko izo mbeba zishobora kubarya.

Imbeba zibasiye abarwayi muri bimwe mu bitaro
Imbeba zibasiye abarwayi muri bimwe mu bitaro

Aha Depite Mary wa Maua, yatanze urugero rw'ibitaro bya Maragua aho yavuze ko abarwayi bashobora kuribwa n'imbeba hatagize igikorwa.

Mery yagize ati" Ibitaro ni rumwe mu inzego zingenzi cyane bityo ku baturage, bityo abahashinzwe bakabaye bahakurikirana by'umwihariko ku bijyanye n'ibikorwa remezo".

                   Depite Mery wa Maua

Seneteri wa Murang’a witwa  Joe Nyutu, yahise asaba komite muri Sena ishinzwe Ubuzima, kugenzura ibijyanye n'ibikorwa remezo ndetse na Service z'ubuzima mu intara ya Murang’a.

Bagabo John

Imbeba zibasiye abarwayi muri bimwe mu bitaro

Imbeba zibasiye abarwayi muri bimwe mu bitaro
Imbeba zibasiye abarwayi muri bimwe mu bitaro

Kenya: Intumwa ya Rubanda ihagarariye agace ka Maragua, Mary wa Maua. Yatabaje aho yavuze ko hari bimwe mu bitaro by'ugarijwe n'imbeba kuburyo abarwayi bafite impungenge ko izo mbeba zishobora kubarya.

Aha Depite Mary wa Maua, yatanze urugero rw'ibitaro bya Maragua aho yavuze ko abarwayi bashobora kuribwa n'imbeba hatagize igikorwa.

Mery yagize ati" Ibitaro ni rumwe mu inzego zingenzi cyane bityo ku baturage, bityo abahashinzwe bakabaye bahakurikirana by'umwihariko ku bijyanye n'ibikorwa remezo".

                   Depite Mery wa Maua

Seneteri wa Murang’a witwa  Joe Nyutu, yahise asaba komite muri Sena ishinzwe Ubuzima, kugenzura ibijyanye n'ibikorwa remezo ndetse na Service z'ubuzima mu intara ya Murang’a.

Bagabo John