•     

Umugabo yakubiswe n'inkuba asanze Mucoma ariho asambanya umugore we utwite kwa Muganga

Umugabo wo muri Uganda witwaAlex Okuta, utuye mu karere ka Apac Yasanze umusore ukora akazi ko kotsa mushikaki bazwi ku izina rya ba Mucoma, ariho asambanya umugore we kwa muganga

Umugabo yakubiswe n'inkuba asanze Mucoma ariho asambanya umugore we utwite kwa Muganga
Umugabo yasanze bamusambanyiriza umugore we kwa Muganga

Amakuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor kivuga ko uwo mugore yagiye mu bitaro aho yari arwaye malaria.

Nyuma y'iminsi itanu umugabo yagiye ku musura aho arwariye ahageze yatunguwe no gusanga uwo Mucoma ariho yiha umubyizi kuri uwo mugore utwite.

Police yavuze ko ntakirego barakira kijyanye nuko hari umugore wasambanyirijwe kwa mu ganga.

Umuyobozi w'ibyo bitaro yavuze ko ari uburangare bwakozwe nuwo mugabo kuko ngo ntabwo aba yaramaze iyo minsi yose ataza kureba umugore we kandi azi ko ari mu bitaro.

Bagabo John

Umugabo yakubiswe n'inkuba asanze Mucoma ariho asambanya umugore we utwite kwa Muganga

Umugabo yakubiswe n'inkuba asanze Mucoma ariho asambanya umugore we utwite kwa Muganga
Umugabo yasanze bamusambanyiriza umugore we kwa Muganga

Umugabo wo muri Uganda witwaAlex Okuta, utuye mu karere ka Apac Yasanze umusore ukora akazi ko kotsa mushikaki bazwi ku izina rya ba Mucoma, ariho asambanya umugore we kwa muganga

Amakuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor kivuga ko uwo mugore yagiye mu bitaro aho yari arwaye malaria.

Nyuma y'iminsi itanu umugabo yagiye ku musura aho arwariye ahageze yatunguwe no gusanga uwo Mucoma ariho yiha umubyizi kuri uwo mugore utwite.

Police yavuze ko ntakirego barakira kijyanye nuko hari umugore wasambanyirijwe kwa mu ganga.

Umuyobozi w'ibyo bitaro yavuze ko ari uburangare bwakozwe nuwo mugabo kuko ngo ntabwo aba yaramaze iyo minsi yose ataza kureba umugore we kandi azi ko ari mu bitaro.

Bagabo John