•     

Umugabo wabuze inkwano yapfuye yiyahuye

Tanzania: Umugabo witwa Cleofasi Oiso uri mu kigero k'imyaka 35 yitabye Imana yimanitse mu kagozi nyuma yoguhozwa ku nkeke n'umugore we ngo nta nkwano yatanze nyamara ngo umugabo nta bushobozi yari afite.

Umugabo wabuze inkwano yapfuye yiyahuye
Umugabo wabuze inkwano byarangiye yiyahuye

Amakuru yatangajwe n'umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Arusha Justine  Masejo, yavuze ko amakuru y'ibanze yavuye mu iperereza nuko umugore wa Nyakwigendera yahozaga umugabo we ku nkeke amubwira ko atigeze amukwa.

Ati" Uriya muryango wahoraga mu makimbirane aho umugore wa Nyakwigendera yahoraga abwira umugabo we ngo ntabwo ya mukoye bityo ngo niba adafite ubushobozi bwo gutangira rimwe inkwano, byibuze azajye ayitanga mu byiciro kugeza inkwano bamuciye irangiye, uyu mugabo rero ngo yaje kunanirwa kwiyakira maze kuri uyu wa gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2025 nibwo  yahisemo kwimanika ahita yitaba Imana.".

Nyakwigendera yari amaranye n'umugore we imyaka umunani banafitanye abana babiri.

Bagabo John

Umugabo wabuze inkwano yapfuye yiyahuye

Umugabo wabuze inkwano yapfuye yiyahuye
Umugabo wabuze inkwano byarangiye yiyahuye

Tanzania: Umugabo witwa Cleofasi Oiso uri mu kigero k'imyaka 35 yitabye Imana yimanitse mu kagozi nyuma yoguhozwa ku nkeke n'umugore we ngo nta nkwano yatanze nyamara ngo umugabo nta bushobozi yari afite.

Amakuru yatangajwe n'umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Arusha Justine  Masejo, yavuze ko amakuru y'ibanze yavuye mu iperereza nuko umugore wa Nyakwigendera yahozaga umugabo we ku nkeke amubwira ko atigeze amukwa.

Ati" Uriya muryango wahoraga mu makimbirane aho umugore wa Nyakwigendera yahoraga abwira umugabo we ngo ntabwo ya mukoye bityo ngo niba adafite ubushobozi bwo gutangira rimwe inkwano, byibuze azajye ayitanga mu byiciro kugeza inkwano bamuciye irangiye, uyu mugabo rero ngo yaje kunanirwa kwiyakira maze kuri uyu wa gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2025 nibwo  yahisemo kwimanika ahita yitaba Imana.".

Nyakwigendera yari amaranye n'umugore we imyaka umunani banafitanye abana babiri.

Bagabo John