•     

Rubavu: Ubuyobozi bwagaragaje ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kubahumuriza.

Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu Mulindwa Prosper yavuze ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kibahumuriza, ibi yabivuze ubwo kuri uyu wambere tariki ya 7 Mata yatangizwaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakoreye abatutsi.

Rubavu:  Ubuyobozi  bwagaragaje ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kubahumuriza.
Rubavu: Ubuyobozi bwagaragaje ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kubahumuriza.

Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu Mulindwa Prosper  mu ijambo ryo gutangiza kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu Karere ka Rubavu yagaragaje ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kubahumuriza.  

Yagize ati "Twaje kwibuka kugirango twongere dusubize icyubahiro abishwe bambuwe, bicwa urupfu rw'agashyingaguro, mu mbeho nyinshi ya Bugeshi, imvura y'itumba, bagatotezwa batitaye ku bana cyangwa ababyeyi

Mulindwa Prosper Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu 

Yakomeje avuga ko baje guhumuriza no gukomeza abacitse ku icumu kugira ngo babagaragarize ko bahari kandi ko batazemera ko u Rwanda rwongera kubamo jenoside ukundi.

Nyuma yo gucana urumuri rw'icyizere, Abayobozi, abakozi, n'abaturage bakoze urugendo rwo kwibuka rwatangiriye mu Kagari ka Kabumba, rusorezwa ku kibuga cya GS Kabumba ahatangirijwe Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 Ku rwego rw'Akarere.

Bagabo John

Rubavu: Ubuyobozi bwagaragaje ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kubahumuriza.

Rubavu:  Ubuyobozi  bwagaragaje ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kubahumuriza.
Rubavu: Ubuyobozi bwagaragaje ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kubahumuriza.

Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu Mulindwa Prosper yavuze ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kibahumuriza, ibi yabivuze ubwo kuri uyu wambere tariki ya 7 Mata yatangizwaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakoreye abatutsi.

Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu Mulindwa Prosper  mu ijambo ryo gutangiza kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu Karere ka Rubavu yagaragaje ko kwibuka ari uguha agaciro abishwe no gukomeza abarokotse binyuze mu kubahumuriza.  

Yagize ati "Twaje kwibuka kugirango twongere dusubize icyubahiro abishwe bambuwe, bicwa urupfu rw'agashyingaguro, mu mbeho nyinshi ya Bugeshi, imvura y'itumba, bagatotezwa batitaye ku bana cyangwa ababyeyi

Mulindwa Prosper Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu 

Yakomeje avuga ko baje guhumuriza no gukomeza abacitse ku icumu kugira ngo babagaragarize ko bahari kandi ko batazemera ko u Rwanda rwongera kubamo jenoside ukundi.

Nyuma yo gucana urumuri rw'icyizere, Abayobozi, abakozi, n'abaturage bakoze urugendo rwo kwibuka rwatangiriye mu Kagari ka Kabumba, rusorezwa ku kibuga cya GS Kabumba ahatangirijwe Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 Ku rwego rw'Akarere.

Bagabo John