•     

Tanzania: CHADEMA yashyizeho iminsi irindwi y'icyunamo

Ishyaka ritavugarumwe n'ubutegetsi buyobowe na Perezida Samia, ryatangaje guhera kuri uyu wagatatu tariki 5 Ugushyingo 2025 kugeza tariki ya11 ari iminsi y'icyunamo cyokwibuka inzirakarengane zaguye mu myigaragambyo yabaye guhera tariki ya 19 Ugushyingo umunsi w'itora.

Tanzania: CHADEMA yashyizeho iminsi irindwi y'icyunamo
Tanzania: CHADEMA yashyizeho iminsi irindwi y'icyunamo

Ibi nibyatangajwe na Brenda Rupia, ushinzwe itangazamakuru no kumenyekanisha ishyaka kuri uyu wa kabiri tariki ya 4 Ugushyingo 2025.

Brenda yavuze ko mu rwego rwoguha icyubahiro abaguye mu myigaragambyo, guhera kuri uyu wagatatu tariki  5- 11Ugushyingo 2025 Ibendera ry'ishyaka aho riri hose kubiro by'ishyaka,  rizururutswa rigezwe mu cyakabiri kugeza iminsi irindwi ishyize.

Brenda Rupia ushinzwe itangazamakuru mu ishyaka CHADEMA 

Kugeza ubu ntabwo leta iratangaza umubare w'abaguye muriyo myigaragambyo, gusa Ishyaka CHADEMA ryo ryari ryatangaje ko abantu 700 aribo baguye mu myigaragambyo. 

Bagabo John

Tanzania: CHADEMA yashyizeho iminsi irindwi y'icyunamo

Tanzania: CHADEMA yashyizeho iminsi irindwi y'icyunamo
Tanzania: CHADEMA yashyizeho iminsi irindwi y'icyunamo

Ishyaka ritavugarumwe n'ubutegetsi buyobowe na Perezida Samia, ryatangaje guhera kuri uyu wagatatu tariki 5 Ugushyingo 2025 kugeza tariki ya11 ari iminsi y'icyunamo cyokwibuka inzirakarengane zaguye mu myigaragambyo yabaye guhera tariki ya 19 Ugushyingo umunsi w'itora.

Ibi nibyatangajwe na Brenda Rupia, ushinzwe itangazamakuru no kumenyekanisha ishyaka kuri uyu wa kabiri tariki ya 4 Ugushyingo 2025.

Brenda yavuze ko mu rwego rwoguha icyubahiro abaguye mu myigaragambyo, guhera kuri uyu wagatatu tariki  5- 11Ugushyingo 2025 Ibendera ry'ishyaka aho riri hose kubiro by'ishyaka,  rizururutswa rigezwe mu cyakabiri kugeza iminsi irindwi ishyize.

Brenda Rupia ushinzwe itangazamakuru mu ishyaka CHADEMA 

Kugeza ubu ntabwo leta iratangaza umubare w'abaguye muriyo myigaragambyo, gusa Ishyaka CHADEMA ryo ryari ryatangaje ko abantu 700 aribo baguye mu myigaragambyo. 

Bagabo John