•     

Umugabo yasabye Leta ko yahabwa akazi ko kwica abantu abanyonze

Tanzania: Umugabo yatunguye abantu ubwo yari mu nama asaba leta ko yamuha akazi ko kujya yica abantu bahamwe n'Icyaha cyo kwicwa muri Tanzania.

Umugabo yasabye Leta ko yahabwa akazi ko kwica abantu abanyonze
Umugabo yasabye leta ko yamuha akazi ko kwica abantu abanyonze.

Umugabo witwa Ramadhani Mauridi, utuye mu ntara ya Pwani, yatunguye abantu ubwo bari mu nama ijyanye no kurwarwanya ibyaha ndenga kamere, Ramadhani Mauridi yamanitse ukuboko asaba ijambo.

Yagize ati" Mubyukuri imba nifuza kuzakabya inzozi ubwo leta yazampa akazi ko kwica Nyonze abantu bahamijwe n'inkiko ibyaha ndenga kamere numva byanshimisha".

                 Ramadhani Mauridi

Yakomeje agira ati"  haciyeho imyaka 10 leta idashyira mu bikorwa byo kwica abantu bahamwe n'ibyaha, ubu ibikorwa by'ubwicanyi bimaze kuba indengakamere."

Mu bindi Ramadhani Mauridi, yavuze ko leta yari ikwiriye kureba abantu bafite umutima ukomeye nkawe hanyuma bagashyira mu bikorwa icyo gihano cyo kwica abantu bahamwe n'ibyaha ndenga kamere".

Asoza iryo jambo, yibukije ko bidakwiriye kubona umuntu wishe undi ajya kwicara muri Gereza nyamara yarishye abantu, kuko iyo aza kumenya ko habaho kubaha ikiremwa muntu  ntabwo aba yarishe mu genzi we kandi akamwica bunyamaswa.

Bagabo John.

Umugabo yasabye Leta ko yahabwa akazi ko kwica abantu abanyonze

Umugabo yasabye Leta ko yahabwa akazi ko kwica abantu abanyonze
Umugabo yasabye leta ko yamuha akazi ko kwica abantu abanyonze.

Tanzania: Umugabo yatunguye abantu ubwo yari mu nama asaba leta ko yamuha akazi ko kujya yica abantu bahamwe n'Icyaha cyo kwicwa muri Tanzania.

Umugabo witwa Ramadhani Mauridi, utuye mu ntara ya Pwani, yatunguye abantu ubwo bari mu nama ijyanye no kurwarwanya ibyaha ndenga kamere, Ramadhani Mauridi yamanitse ukuboko asaba ijambo.

Yagize ati" Mubyukuri imba nifuza kuzakabya inzozi ubwo leta yazampa akazi ko kwica Nyonze abantu bahamijwe n'inkiko ibyaha ndenga kamere numva byanshimisha".

                 Ramadhani Mauridi

Yakomeje agira ati"  haciyeho imyaka 10 leta idashyira mu bikorwa byo kwica abantu bahamwe n'ibyaha, ubu ibikorwa by'ubwicanyi bimaze kuba indengakamere."

Mu bindi Ramadhani Mauridi, yavuze ko leta yari ikwiriye kureba abantu bafite umutima ukomeye nkawe hanyuma bagashyira mu bikorwa icyo gihano cyo kwica abantu bahamwe n'ibyaha ndenga kamere".

Asoza iryo jambo, yibukije ko bidakwiriye kubona umuntu wishe undi ajya kwicara muri Gereza nyamara yarishye abantu, kuko iyo aza kumenya ko habaho kubaha ikiremwa muntu  ntabwo aba yarishe mu genzi we kandi akamwica bunyamaswa.

Bagabo John.