•     

Umupolisi yataye umugeni munzu afatirwa murugo rwundi yagiye gusambana.

Umupolisi wo muri Kenya wakoze ubukwe mu kwezi gushyize ku Kuboza 2022 yafatiwe murugo rwundi mugabo yagiye kwiha umubyizi ku mugore utari uwe.

Umupolisi yataye umugeni  munzu afatirwa murugo rwundi yagiye gusambana.
Yataye umugeni munzu ajya gusambana n'umugore wundi mugabo

Ibyo byabereye ahitwa Eastlands, amakuru avuga ko uwo umugabo wafatiye uwo umupolisi munzu amusambanyiriza umugore, yavuze ko nyuma yo gufata uwo umupolisi yahise atabaza hanyuma Polisi zihita zitabara zitwara mwene wabo ngo ajye kuryozwa ayo mahano yakoze.

Amakuru avuga ko abapolisi batwerereye uwo mugenzi wabo ubwo yakoraga ubukwe baguye mukantu nyuma yokumva ko yataye umugeni munzu bamaranye ibyumweru bicye akajya gusambana.

Bagabo John

Umupolisi yataye umugeni munzu afatirwa murugo rwundi yagiye gusambana.

Umupolisi yataye umugeni  munzu afatirwa murugo rwundi yagiye gusambana.
Yataye umugeni munzu ajya gusambana n'umugore wundi mugabo

Umupolisi wo muri Kenya wakoze ubukwe mu kwezi gushyize ku Kuboza 2022 yafatiwe murugo rwundi mugabo yagiye kwiha umubyizi ku mugore utari uwe.

Ibyo byabereye ahitwa Eastlands, amakuru avuga ko uwo umugabo wafatiye uwo umupolisi munzu amusambanyiriza umugore, yavuze ko nyuma yo gufata uwo umupolisi yahise atabaza hanyuma Polisi zihita zitabara zitwara mwene wabo ngo ajye kuryozwa ayo mahano yakoze.

Amakuru avuga ko abapolisi batwerereye uwo mugenzi wabo ubwo yakoraga ubukwe baguye mukantu nyuma yokumva ko yataye umugeni munzu bamaranye ibyumweru bicye akajya gusambana.

Bagabo John