•     

Umupolisi yishwe bamwitiranyije n'umujura

Umupolisi witwa Omary Mnandi, yakubiswe n'abasore arinda ashiramo umwuka bamwitiranyije n'umujura nkuko iperereza ry'ibanze ribyerekana.

Umupolisi yishwe bamwitiranyije n'umujura
Umupolisi yishwe bamwitiranyije n'umujura

Intandaro y'urupfu rw'uwo Mupolisi Omary Mnandi, byaturutse kubusinzi bukabije aho ngo yagiye kujya mu modoka ye maze arayoba ajya gufata iyumwe muri abo basore  maze nabo bahita bamwadukira batangira ku mukubita bagirango yari agiye ku biba iyo modoka.

Umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Arusha Justine Masejo, yabwiye ikinyamakuru Mwanchi rubanda dukesha iyi nkuru, ko abantu batatu kugeza ubu aribo bamaze gutabwa muriyombi bacyekwaho icyo cyaha cy'ubwicanyi.

Umubiri wa Nyakwigendera wahise utwara mu buruhukiro bw'ibitaro bya Mount Meru kugirango ukorerwe isuzuma.

Bagabo John

Umupolisi yishwe bamwitiranyije n'umujura

Umupolisi yishwe bamwitiranyije n'umujura
Umupolisi yishwe bamwitiranyije n'umujura

Umupolisi witwa Omary Mnandi, yakubiswe n'abasore arinda ashiramo umwuka bamwitiranyije n'umujura nkuko iperereza ry'ibanze ribyerekana.

Intandaro y'urupfu rw'uwo Mupolisi Omary Mnandi, byaturutse kubusinzi bukabije aho ngo yagiye kujya mu modoka ye maze arayoba ajya gufata iyumwe muri abo basore  maze nabo bahita bamwadukira batangira ku mukubita bagirango yari agiye ku biba iyo modoka.

Umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Arusha Justine Masejo, yabwiye ikinyamakuru Mwanchi rubanda dukesha iyi nkuru, ko abantu batatu kugeza ubu aribo bamaze gutabwa muriyombi bacyekwaho icyo cyaha cy'ubwicanyi.

Umubiri wa Nyakwigendera wahise utwara mu buruhukiro bw'ibitaro bya Mount Meru kugirango ukorerwe isuzuma.

Bagabo John