•     

Umusore wahawe ikiraka cyo gutera inda, ntibavuga rumwe n'Umukobwa.

Umukobwa utatangajwe amazina muri Kenya, yavuze ko nubwo yahaye ikiraka umuhungu ngo amutere inda, mu masezerano bagiranye ntaho bigeze bavuga ko nabyara impanga azamwongera andi mafaranga.

Umusore wahawe ikiraka cyo gutera inda, ntibavuga rumwe n'Umukobwa.
Umusore wahawe ikiraka cyo gutera inda ntabuga rumwe n'umukobwa.

Muri Kenya haravugwa inkuru imeze nkaho idasanzwe aho abakobwa basigaye bishyura abasore bo mu intara Murang’a  ngo babatere inda kuberako batifuza ibyo gushaka abagabo.

Ikinyamakuru kimwe muri Kenya cyatangaje ko hari ibisabwa kugirango umusore ahabwe ikiraka cyo gutera inda, ndetse n'ibisabwa ngo umukobwa aterwe inda.

Umusore ushaka icyo kiraka agomba kuba ari hagati y'imyaka 20 na 40, ni mugihe umukobwa wifuza ko bamutera inda agomba kubanza gusuzumwa ngo harebwe niba ntandwara afite zandurira mu myanya ndanga bitsina, hanyuma bakabona gusinya kontaro.

Icyaje kuba nkaho kidasanzwe ni aho umukobwa yahaye ikiraka umunyeshuri wiga muri Kaminuza akamwishyura ibihumbi 300 ngo amutere inda, nyuma yaho abyariye impanga uwo musore akaba yamusabye ko yamwongera andi 300 kuko ngo yabyaye abana babiri.

Uwo mukobwa nyuma yokubyara impanga  uwo musore yahise amwandikira amubwira ko amwongera andi magana tatu kuko ngo yabyaye impanga kandi ariya 300 yari ayumwana umwe.

Uwo mukobwa yasubije uwo muhungu ko mu masezerano bafitanye ntaho bavuze ko aramutse abyaye impanga yakongeraho andi mafaranga kuko amasezerano avuga ko ari ugutera inda gusa naho umubare w'abazavuka ntabwo umureba.

Iki kibazo Cy'abakobwa bajya guterwa inda kimaze gufata indi ntera muri Kenya.

Bagabo John

Umusore wahawe ikiraka cyo gutera inda, ntibavuga rumwe n'Umukobwa.

Umusore wahawe ikiraka cyo gutera inda, ntibavuga rumwe n'Umukobwa.
Umusore wahawe ikiraka cyo gutera inda ntabuga rumwe n'umukobwa.

Umukobwa utatangajwe amazina muri Kenya, yavuze ko nubwo yahaye ikiraka umuhungu ngo amutere inda, mu masezerano bagiranye ntaho bigeze bavuga ko nabyara impanga azamwongera andi mafaranga.

Muri Kenya haravugwa inkuru imeze nkaho idasanzwe aho abakobwa basigaye bishyura abasore bo mu intara Murang’a  ngo babatere inda kuberako batifuza ibyo gushaka abagabo.

Ikinyamakuru kimwe muri Kenya cyatangaje ko hari ibisabwa kugirango umusore ahabwe ikiraka cyo gutera inda, ndetse n'ibisabwa ngo umukobwa aterwe inda.

Umusore ushaka icyo kiraka agomba kuba ari hagati y'imyaka 20 na 40, ni mugihe umukobwa wifuza ko bamutera inda agomba kubanza gusuzumwa ngo harebwe niba ntandwara afite zandurira mu myanya ndanga bitsina, hanyuma bakabona gusinya kontaro.

Icyaje kuba nkaho kidasanzwe ni aho umukobwa yahaye ikiraka umunyeshuri wiga muri Kaminuza akamwishyura ibihumbi 300 ngo amutere inda, nyuma yaho abyariye impanga uwo musore akaba yamusabye ko yamwongera andi 300 kuko ngo yabyaye abana babiri.

Uwo mukobwa nyuma yokubyara impanga  uwo musore yahise amwandikira amubwira ko amwongera andi magana tatu kuko ngo yabyaye impanga kandi ariya 300 yari ayumwana umwe.

Uwo mukobwa yasubije uwo muhungu ko mu masezerano bafitanye ntaho bavuze ko aramutse abyaye impanga yakongeraho andi mafaranga kuko amasezerano avuga ko ari ugutera inda gusa naho umubare w'abazavuka ntabwo umureba.

Iki kibazo Cy'abakobwa bajya guterwa inda kimaze gufata indi ntera muri Kenya.

Bagabo John