•     

Wamutwe wa wamwana nawo wabonetse" Mayor MBONYUMUVUNYI Radjab"

Nyuma y'inkuru yavugaga ko Umugabo utaramenyekana wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gishari, yishe umwana w’imyaka 11 amuciye umutwe arawirukankana, uwo mutwe waje kuboneka.

Wamutwe wa wamwana nawo wabonetse" Mayor MBONYUMUVUNYI Radjab"
Uwo mwana yiciwe mu Murenge wa Gishari

Uyu mwana yaciwe umutwe ubwo yari kumwe n’abandi bagenzi be batandatu bavuye kuvoma mu mugezi uri mu gishanga basanga hari umugabo wabategeye ku muhanda.
Kuri uyu mugoroba nibwo Umuyobozi w'Akarere ka Rwamagana yandikiye ubutumwa bugufi umunyamakuru wa Rubanda bugira buti" Umutwe nawo wabonetse iperereza rirakomeje  hari abantu RIB ikomeje kubaza"

Umwana wishwe yigaga mu mwaka wa kane w’amashuri abanza.

Bagabo John

Wamutwe wa wamwana nawo wabonetse" Mayor MBONYUMUVUNYI Radjab"

Wamutwe wa wamwana nawo wabonetse" Mayor MBONYUMUVUNYI Radjab"
Uwo mwana yiciwe mu Murenge wa Gishari

Nyuma y'inkuru yavugaga ko Umugabo utaramenyekana wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gishari, yishe umwana w’imyaka 11 amuciye umutwe arawirukankana, uwo mutwe waje kuboneka.

Uyu mwana yaciwe umutwe ubwo yari kumwe n’abandi bagenzi be batandatu bavuye kuvoma mu mugezi uri mu gishanga basanga hari umugabo wabategeye ku muhanda.
Kuri uyu mugoroba nibwo Umuyobozi w'Akarere ka Rwamagana yandikiye ubutumwa bugufi umunyamakuru wa Rubanda bugira buti" Umutwe nawo wabonetse iperereza rirakomeje  hari abantu RIB ikomeje kubaza"

Umwana wishwe yigaga mu mwaka wa kane w’amashuri abanza.

Bagabo John