•     

Umucunga gereza bamwibye imbunda ubwo yari arinze imfungwa kwa muganga

Kenya: Umucunga geraza yakubiswe n'abantu bataramenyekana ubwo yari kwa muganga arinze umugororwa wari uharwariye hanyuma abo bagizi banabi bamwiba imbunda yari afite yo mu bwoko bwa G3

Umucunga gereza bamwibye imbunda ubwo yari arinze imfungwa kwa muganga
Umucunga gereza bamwibye imbunda yo mu bwoko bwa G3 ubwo yari arinze umugororwa kwa Muganga.

Ibi byabaye  tariki ya 18 Mata 2023 ku bitaro biherereye  mu ntara ya Trans Nzoi

Amakuru avuga ko uwo mucunga gereza  yari yagiye kurinda umugororwa wari urwariye muri ibyo bitaro, hanyuma ngo aza kumva ananiwe guhagarara  ahita asohoka hanze ajya kwicara. Nyuma ngo haje itsinda ry'abantu batandatu bahita ba mufata batangira ku mukubita kuburyo yakomeretse bahita ba mutwara n'imbunda yo mu bwoko bwa G3 yari afite.

Uwo mu gororwa yari arwariye mu bitaro bya Kitale Hospital 

Umuyobozi ushinzwe urwego rw'iperereza imbere mu gihugu ku byaha by'ubugome bwana Francis Kihara, yabwiye itangazamakuru ko hagiye gukorwa iperereza bakareba uburyo uwo mucunga gereza yibwe imbunda mugihe atari wenyine kuri ibyo bitaro kuko yarikumwe nabandi bacunga gereza batatu ubwo ibyo byabaga.

Bagabo John

Umucunga gereza bamwibye imbunda ubwo yari arinze imfungwa kwa muganga

Umucunga gereza bamwibye imbunda ubwo yari arinze imfungwa kwa muganga
Umucunga gereza bamwibye imbunda yo mu bwoko bwa G3 ubwo yari arinze umugororwa kwa Muganga.

Kenya: Umucunga geraza yakubiswe n'abantu bataramenyekana ubwo yari kwa muganga arinze umugororwa wari uharwariye hanyuma abo bagizi banabi bamwiba imbunda yari afite yo mu bwoko bwa G3

Ibi byabaye  tariki ya 18 Mata 2023 ku bitaro biherereye  mu ntara ya Trans Nzoi

Amakuru avuga ko uwo mucunga gereza  yari yagiye kurinda umugororwa wari urwariye muri ibyo bitaro, hanyuma ngo aza kumva ananiwe guhagarara  ahita asohoka hanze ajya kwicara. Nyuma ngo haje itsinda ry'abantu batandatu bahita ba mufata batangira ku mukubita kuburyo yakomeretse bahita ba mutwara n'imbunda yo mu bwoko bwa G3 yari afite.

Uwo mu gororwa yari arwariye mu bitaro bya Kitale Hospital 

Umuyobozi ushinzwe urwego rw'iperereza imbere mu gihugu ku byaha by'ubugome bwana Francis Kihara, yabwiye itangazamakuru ko hagiye gukorwa iperereza bakareba uburyo uwo mucunga gereza yibwe imbunda mugihe atari wenyine kuri ibyo bitaro kuko yarikumwe nabandi bacunga gereza batatu ubwo ibyo byabaga.

Bagabo John