Umusore wo muri Nigeria mu gace kitwa Rivers, yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho icyaha cyo gutera inda abakobwa babangavu 10
Umuyobozi wa Polisi, Iringe-Koko, yavuze ko uwo musore watawe muri yombi yakoraga akazi ko gucuruza abana bavutse
Ati" uyu musore yateraga inda bano bakobwa babangavu hanyuma umaze kubyara agahita yishyura uwo mukobwa
500,000 aya ahwanye na Moliyoni 2.5 za Mashiringi ya Tanzania."
Amakuru avuga ko bamwe mubana babyawe nabo bangavu harimo bamwe bamaze kugurishwa nuwo musore
Police yabashije gutahura imwe munzu ikorerwamo ubwo bucuruzi bwabo bana hanyuma ibasha kurokora bamwe muri abo bangavu babaga muri iyonzu bategereje ko abakiriya baza kugura bana babo
Bagabo John.