•     

Urubanza ruregwamo Umuganga wasambanyije umurwayi utwite rwasubitswe

Urukiko rwahitwa Sikonge mu intara ya Tabora muri Tanzania, rwasubitse iburanisha ry'umuganga witwa Rayson Duwe ukekwaho gusambanya umugore ufite inda y'amezi icyenda abanje ku mutera umuti usinziriza.

Urubanza ruregwamo Umuganga wasambanyije umurwayi utwite rwasubitswe
Urubanza ruregwamo umuganga wasambanyije umurwayi rwa subitswe

Uyu muganga wakoze ayo mahano mu kwezi kwa Kamena 2023 kubitaro  bya Sikonge biherereye mu intara ya Tabora.

Amakuru avuga ko uwo muganga yateye umuti usinziriza uwo mugore wari waganye ibyo bitaro arwaye kandi anatwite inda y'amazi icyenda maze abona ku musambanya.

Uru banza rwimuriwe tariki ya 15 Kanama 2023, ni mugihe uyu muganga yatanze ingwate akaba yitaba ubushinjacyaha aturutse hanze.

Bagabo John

Urubanza ruregwamo Umuganga wasambanyije umurwayi utwite rwasubitswe

Urubanza ruregwamo Umuganga wasambanyije umurwayi utwite rwasubitswe
Urubanza ruregwamo umuganga wasambanyije umurwayi rwa subitswe

Urukiko rwahitwa Sikonge mu intara ya Tabora muri Tanzania, rwasubitse iburanisha ry'umuganga witwa Rayson Duwe ukekwaho gusambanya umugore ufite inda y'amezi icyenda abanje ku mutera umuti usinziriza.

Uyu muganga wakoze ayo mahano mu kwezi kwa Kamena 2023 kubitaro  bya Sikonge biherereye mu intara ya Tabora.

Amakuru avuga ko uwo muganga yateye umuti usinziriza uwo mugore wari waganye ibyo bitaro arwaye kandi anatwite inda y'amazi icyenda maze abona ku musambanya.

Uru banza rwimuriwe tariki ya 15 Kanama 2023, ni mugihe uyu muganga yatanze ingwate akaba yitaba ubushinjacyaha aturutse hanze.

Bagabo John