•     

Pasiteri ucyekwa kwica abana babiri afatanyije na bayoboke be yatawe muriyombi

Kenya: Umukozi w'Imana wari umaze igihe ashakishwa na Polisi aho acyekwa kwica abana babiri yatawe muriyombi na Polisi

Pasiteri ucyekwa kwica abana babiri afatanyije na bayoboke be yatawe muriyombi
Pasiteri yatawe muriyombi bacyekwaho kwica abana babiri

Pasiteri witwa Paul Makenzi, uyobaora itorero ryitwa Good News International  yatawe muriyombi na Polisi ishinzwe kurwanya ibyaha ndenga kamere (DCI) 

Pasiteri Makenzi nyuma yo gutabwa muriyombi na Polisi yahise ajya gufungirwa kuri Station ya Polisi ya  Malindi

Amakuru y'ibanze avuga ko uwo mukozi w'Imana Paul Makenzi afatanyije na bamwe mu bayoboke ba, bishe abana babiri barangije bajya kubashyingura mu murima ahitwa Shakahola.

Umuyobozi wa Polisi mugace ka Malindi John Kemboi yemeje itabwa muriyombi rya Pasiteri Makenzi avuga ko Iperereza rigikomeje kugirango hamenyekane  nabandi bafatanyije muri uwo mugambi mubisha. 

Biracyekwa ko muri uyu mulima ariho bashyinguye aho bana babiri bishwe.

Pasiteri Makenzi afungiye kuri Station ya Polisi ya Malindi

Bagabo John

Pasiteri ucyekwa kwica abana babiri afatanyije na bayoboke be yatawe muriyombi

Pasiteri ucyekwa kwica abana babiri afatanyije na bayoboke be yatawe muriyombi
Pasiteri yatawe muriyombi bacyekwaho kwica abana babiri

Kenya: Umukozi w'Imana wari umaze igihe ashakishwa na Polisi aho acyekwa kwica abana babiri yatawe muriyombi na Polisi

Pasiteri witwa Paul Makenzi, uyobaora itorero ryitwa Good News International  yatawe muriyombi na Polisi ishinzwe kurwanya ibyaha ndenga kamere (DCI) 

Pasiteri Makenzi nyuma yo gutabwa muriyombi na Polisi yahise ajya gufungirwa kuri Station ya Polisi ya  Malindi

Amakuru y'ibanze avuga ko uwo mukozi w'Imana Paul Makenzi afatanyije na bamwe mu bayoboke ba, bishe abana babiri barangije bajya kubashyingura mu murima ahitwa Shakahola.

Umuyobozi wa Polisi mugace ka Malindi John Kemboi yemeje itabwa muriyombi rya Pasiteri Makenzi avuga ko Iperereza rigikomeje kugirango hamenyekane  nabandi bafatanyije muri uwo mugambi mubisha. 

Biracyekwa ko muri uyu mulima ariho bashyinguye aho bana babiri bishwe.

Pasiteri Makenzi afungiye kuri Station ya Polisi ya Malindi

Bagabo John