•     

Yetegewe imodoka birangira ayegukanye

Umutera makofi wo muri Tanzania witwa Kalim Mondonga, yategewe ko natsinda irushanwa yari yagiyemo muri Kenya azahabwa imodoka.

Yetegewe imodoka birangira ayegukanye
Yahawe imodoka nyuma yogutsindira intego yari yashyiriweho

Iyo ntego ya yishyiriweho n'Umucuruzi ukomeye witwa Dick Sound, ubwo yitabiraga amarushanwa yitera makofi muri Kenya. Uyu mucuruzi ya mu tumijeho amubwira ko natsinda iryo rushanwa azahita amuha imodoka.

Niko byaje kugenda uwo Kalimu atsinda iryo rushanwa ryaberaga muri Kenya, nyuma yaho  uwo mucuruzi abonye video zerekana ko Kalim yatsinze irushanwa yahise amumenyesha ko azaza akamuha imodoka yamwemereye nk'intego.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Mutarama 2023 nibwo uwo mucuruzi yashyikirije Kalim imodoka yo mubwoko bwa Nadia.

Kalimu yavuze ko yishimye kuba inzozi ze azigezeho zo gutunga imodoka.

Bagabo John 

Yetegewe imodoka birangira ayegukanye

Yetegewe imodoka birangira ayegukanye
Yahawe imodoka nyuma yogutsindira intego yari yashyiriweho

Umutera makofi wo muri Tanzania witwa Kalim Mondonga, yategewe ko natsinda irushanwa yari yagiyemo muri Kenya azahabwa imodoka.

Iyo ntego ya yishyiriweho n'Umucuruzi ukomeye witwa Dick Sound, ubwo yitabiraga amarushanwa yitera makofi muri Kenya. Uyu mucuruzi ya mu tumijeho amubwira ko natsinda iryo rushanwa azahita amuha imodoka.

Niko byaje kugenda uwo Kalimu atsinda iryo rushanwa ryaberaga muri Kenya, nyuma yaho  uwo mucuruzi abonye video zerekana ko Kalim yatsinze irushanwa yahise amumenyesha ko azaza akamuha imodoka yamwemereye nk'intego.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Mutarama 2023 nibwo uwo mucuruzi yashyikirije Kalim imodoka yo mubwoko bwa Nadia.

Kalimu yavuze ko yishimye kuba inzozi ze azigezeho zo gutunga imodoka.

Bagabo John